Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ntituzemera ko badutobera amateka - Umuyobozi wa AERG
26/04/2021 - 19:04
Abagabo 3 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura buciye icyuho
26/04/2021 - 18:52
Raporo Muse na Raporo Duclert ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zitandukaniye he?
24/04/2021 - 09:55
RIB yerekanye abantu 3 bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
23/04/2021 - 08:02
Ubuhamya: Inka yababereye igitambo ibakiza Interahamwe zari zije kubica
19/04/2021 - 20:49
Abagabo 9 bakurikiranyweho gucura no gukoresha Perimi z’impimbano
19/04/2021 - 20:29
Nyuma y’imyaka 27, Padiri Chrisostome yasubukuye Misa atashoje muri 94 barashweho
19/04/2021 - 20:10
Rusizi: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we
19/04/2021 - 19:54
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.