Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali

2/07/2013 - 10:58     

Ibitekerezo ( 20 )

ariko rero no mu bibazo dufite mu Rwanda n’abatechnicien dufite ni ibibazo. Ni ukuvuga ngo nta muntu uba uhari ushoboye gukora mixage( kuri mixeur) ku buryo indirimbo isohoka wumva koko inyuze amajwi?

nono yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

ariko ubu aba bantu bitwa ngo ni abahanzi ibi bintu byabo bibatwara umwanya ungana iki? nkurikije uko bigaragara urabona ko biba bitateguwe pe.

goro yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

wansobanurira ute ukuntu Urban boys batagira pas bahuriraho, cg se ko umuntu umwe muri bo ariwe uririmba inyikirizo abandi bose microphone bazizunguza mu ntoki gusa barimo bata igihe kuko nta kubyina nta n’ufite guitare nibura. Umva umuziki mu Rwanda ni ngorane.Abantu ntabwo baba bazi ibyo barimo pe.

jojo yanditse ku itariki ya: 4-07-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.