Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali
2/07/2013 - 10:58
Ibitekerezo
(
20
)
ariko rero no mu bibazo dufite mu Rwanda n’abatechnicien dufite ni ibibazo. Ni ukuvuga ngo nta muntu uba uhari ushoboye gukora mixage( kuri mixeur) ku buryo indirimbo isohoka wumva koko inyuze amajwi?
nono yanditse ku itariki ya: 4-07-2013
ariko ubu aba bantu bitwa ngo ni abahanzi ibi bintu byabo bibatwara umwanya ungana iki? nkurikije uko bigaragara urabona ko biba bitateguwe pe.
goro yanditse ku itariki ya: 4-07-2013
wansobanurira ute ukuntu Urban boys batagira pas bahuriraho, cg se ko umuntu umwe muri bo ariwe uririmba inyikirizo abandi bose microphone bazizunguza mu ntoki gusa barimo bata igihe kuko nta kubyina nta n’ufite guitare nibura. Umva umuziki mu Rwanda ni ngorane.Abantu ntabwo baba bazi ibyo barimo pe.
ariko rero no mu bibazo dufite mu Rwanda n’abatechnicien dufite ni ibibazo. Ni ukuvuga ngo nta muntu uba uhari ushoboye gukora mixage( kuri mixeur) ku buryo indirimbo isohoka wumva koko inyuze amajwi?
ariko ubu aba bantu bitwa ngo ni abahanzi ibi bintu byabo bibatwara umwanya ungana iki? nkurikije uko bigaragara urabona ko biba bitateguwe pe.
wansobanurira ute ukuntu Urban boys batagira pas bahuriraho, cg se ko umuntu umwe muri bo ariwe uririmba inyikirizo abandi bose microphone bazizunguza mu ntoki gusa barimo bata igihe kuko nta kubyina nta n’ufite guitare nibura. Umva umuziki mu Rwanda ni ngorane.Abantu ntabwo baba bazi ibyo barimo pe.