Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
ariko rero no mu bibazo dufite mu Rwanda n’abatechnicien dufite ni ibibazo. Ni ukuvuga ngo nta muntu uba uhari ushoboye gukora mixage( kuri mixeur) ku buryo indirimbo isohoka wumva koko inyuze amajwi?
ariko ubu aba bantu bitwa ngo ni abahanzi ibi bintu byabo bibatwara umwanya ungana iki? nkurikije uko bigaragara urabona ko biba bitateguwe pe.
wansobanurira ute ukuntu Urban boys batagira pas bahuriraho, cg se ko umuntu umwe muri bo ariwe uririmba inyikirizo abandi bose microphone bazizunguza mu ntoki gusa barimo bata igihe kuko nta kubyina nta n’ufite guitare nibura. Umva umuziki mu Rwanda ni ngorane.Abantu ntabwo baba bazi ibyo barimo pe.