Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Umva ubwishongozi bw’Aba-Rayons n’abafana ba APR FC mbere y’umukino
2/05/2026 - 17:29
‘Ntibizongera Kubaho’ bisa n’ijwi ritagira icyo rivuze - Adele Kibasumba
15/04/2026 - 19:59
Kagame: Mufite imico mibi irimo n’ubwirasi, Mufite iki mwiratana?
24/03/2026 - 21:03
Rubyiruko, nimube ku isonga mu kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, ubusinzi, ubuzererezi, guhemuka..
22/03/2026 - 14:09
Abafana ba APR FC mu gahinda kenshi babyegetse kuri Marine FC itabyoroheje, banenga abakinnyi
8/03/2026 - 10:17
Ikinamico tuyikina na Rayon Sports - Rujugiro na Sarupongo bahaye ubutumwa Abarayons
8/03/2026 - 09:21
ariko rero no mu bibazo dufite mu Rwanda n’abatechnicien dufite ni ibibazo. Ni ukuvuga ngo nta muntu uba uhari ushoboye gukora mixage( kuri mixeur) ku buryo indirimbo isohoka wumva koko inyuze amajwi?
ariko ubu aba bantu bitwa ngo ni abahanzi ibi bintu byabo bibatwara umwanya ungana iki? nkurikije uko bigaragara urabona ko biba bitateguwe pe.
wansobanurira ute ukuntu Urban boys batagira pas bahuriraho, cg se ko umuntu umwe muri bo ariwe uririmba inyikirizo abandi bose microphone bazizunguza mu ntoki gusa barimo bata igihe kuko nta kubyina nta n’ufite guitare nibura. Umva umuziki mu Rwanda ni ngorane.Abantu ntabwo baba bazi ibyo barimo pe.