Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali

2/07/2013 - 10:58     

Ibitekerezo ( 20 )

Umva mbabwire niba koko Bralirwa ishaka kuzamura umuuziki mu Rwanda nishyireho ishuri rya muzika. Music-Drama- Dance muri Kaminuza ishaka ibishoboye. Naho ubundi ibyo mbonye aha ndumiwe. Mbega amajwi mabi, mbega imicurangire, mbega imiririmbire, mbega indirimbo zidashinga, mbega imibyinire, mbega scenes zidafashije, mbega pas zidashinga.... umva nimusabe ishuri ibindi mubijyane buke buke.

kolo yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

aba bantu bose bafite igitero bahuriraho muri buri ndirimbo cyitwa" amaboko hejuru" mutekereza ko mukoze indirimbo nziza abantu batava hasi bagakora ibyo mubasaba ku ngufu? nta kintu cyavana abantu hasi gihari.

zozo yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

Ariko iyo urebye mu Rwanda ubona ko nta buhanga buhari rwose. Uwabona Urukerereza nta bindi byiza u Rwanda rugira.ibindi ni bimwe Rugamba yita " guhanukira"

zozo yanditse ku itariki ya: 4-07-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.