Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali

2/07/2013 - 10:58     

Ibitekerezo ( 20 )

bigaragara ko bamwe kubera kugira ibihangano bidashinga bitabaza ibiteye isoni kugira barebe ko public yagira reacation.

wou yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

kigalitoday se namwe nta kuntu mwagura camera nibura 4 zo gukora couverture y’ikibuga cyose nibura.

kiki yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

ubunebwe bugaragara: kuki nka TMC atafata umwanya wo kwiga kubyina? n’ubwo na Platini nawe ubona ko adashoboye kubyina nibura indirimbo imwe ngo irangire. Bajyaga bavuga ko abanyarwanda batagira endurance muri football ariko no mu muziki ntayo pe. Kandi ngo barashaka gutungwa n’umuziki ra. narumiwe.

zoti yanditse ku itariki ya: 4-07-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.