Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Murasabwa kugendana u Rwanda- Minisitiri Nduhungirehe ku Banyarwanda baba mu mahanga
5/01/2025 - 11:35
Irebere uko abahuriye kuri Convention baryohewe no gutangira umwaka
1/01/2025 - 10:25
Rebero: Byari bishyushye bishimira kwinjira mu mwaka mushya 2025
1/01/2025 - 10:00
Irebere Imyiyereko ya Karate y’abatojwe na Sensei Christophe Pinna
24/12/2024 - 16:38
Abana ba Chorale de Kigali banyuze abitabiriye Christmas Carols Concert
24/12/2024 - 03:30
L’ancien Président du Burundi Ntibantunganya: Il a fait deux heures de vol entre Bujumbura et Kigali
24/12/2024 - 03:21
Rwanda hands over leadership of Eastern Africa Standby Force to Somalia
24/12/2024 - 03:15
Chiefs of Defence of EASF member states meet in Kigali to discuss security in Eastern Africa
24/12/2024 - 03:05
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.