Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
PAPSS: Abakiriya ba BK barimo guhererekanya amafaranga n’abandi Banyafurika nta kuvunjisha
27/02/2025 - 07:45
President Kagame: Taking ownership of our development isn’t something we can ask others to do for us
26/02/2025 - 11:46
Zambian Fintech started with $500 to build a Pan-African Bank that uses Artificial Intelligence
25/02/2025 - 17:11
Dutembere ku kirwa cya Nkombo hasigaye hari Hoteli isobanutse
22/02/2025 - 11:43
Shisha Kibondo: Abana n’ababyeyi bo ku Nkombo nabo ibageraho
21/02/2025 - 11:22
Umva impungenge z’Abasaza ku mashyuza ya Bugarama
19/02/2025 - 09:12
Abanyekongo bari bahungiye mu Rwanda basubiye iwabo
17/02/2025 - 17:05
Umva uko MINECOFIN na RRA basobanura iby’ivugurura ry’Imisoro n’Amahoro
12/02/2025 - 06:49
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.