Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bisi 151 z’ubuntu zitwara abanyeshuri barimo gukora ibizamini bya Leta
21/07/2021 - 15:18
Menya uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta
21/07/2021 - 14:54
Menya byinshi ku kigo ISANGE ONE STOP CENTER gifasha abahohotewe
19/07/2021 - 20:52
Impano idasanzwe: Ku myaka icyenda gusa, amaze gutsindira imidari 9 ya Zahabu muri Karate
19/07/2021 - 20:26
#GumaMuRugo: Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye
19/07/2021 - 19:49
Yagiye kwipimisha ku Kagari bamusangamo COVID-19. Dore ubutumwa atanga
17/07/2021 - 21:29
Min. Gatabazi yihanangirije abayobozi bahohotera abaturage mu gihe bagenzura amabwiriza ya COVID-19
17/07/2021 - 21:16
Menya uko gahunda yo gupima COVID-19 mu tugari iteye
17/07/2021 - 21:10
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo