Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Amateka y’umuhanzi Twagirayezu Cassien waririmbye ’Umuntu Nyamuntu’
11/08/2021 - 19:34
Abamugariye ku rugamba basangiye umuganura n’urubyiruko rw’abakorerabushake
11/08/2021 - 19:07
I Kigali hatashywe ikibuga cya Golf kiri ku rwego mpuzamahanga (Video)
9/08/2021 - 07:59
Reba uruzinduko rwa Perezida wa Santarafurika mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi
7/08/2021 - 14:55
Ubutumwa Perezida Kagame na Touadéra batangiye mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru
6/08/2021 - 09:23
Dore uko Perezida Touadéra wa Santarafurika yakiriwe mu Rwanda
6/08/2021 - 08:05
Mavenge Sudi yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Nyakwigendera Kayitare Gaetan
5/08/2021 - 20:25
Ibyaranze iminsi ibiri y’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda
4/08/2021 - 08:48
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo