Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08Iziheruka
Dore abagabo bihebeye gutungwa n’ibyo batavunikiye bakora ubujura
9/05/2021 - 21:48
#TdRwanda2021: Umufaransa Alan Boileau yongeye kwigaragaza atwara agace Nyagatare-Kigali
6/05/2021 - 19:08
#TdRwanda2021: Umufaransa Valentin Ferron yegukanye agace Kigali-Musanze
5/05/2021 - 23:42
CADET PASS-OUT: Ibyishimo bya ba Ofisiye bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant
5/05/2021 - 09:13
Alain Boileau yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2021 (Nyanza- Gicumbi)
5/05/2021 - 09:07
Alain Boileau ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2021
5/05/2021 - 09:01
Sanchez Brian yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021
5/05/2021 - 08:51
Barakekwaho kwiba inzoga bari bashinzwe kurinda
3/05/2021 - 09:59
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo