Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Urwibutso ku babanye na Yvan Buravan
18/08/2022 - 15:48
Abakunzi b’agasobanuye bashenguwe n’urupfu rwa Yanga
18/08/2022 - 07:19
Dore Akarasisi karyoheye ijisho k’abafana ba Rayon Sports
17/08/2022 - 14:40
Rayon Sports: Byari ibyishimo mu gutangiza umwaka w’imikino
17/08/2022 - 13:05
A 62-year-old man competes in Ironman Triathlon 70.3 Rwanda race
17/08/2022 - 12:33
Reba uko Kizz Daniel yasusurukije abafana be i Kigali
15/08/2022 - 14:27
Twaganiriye na Kabatsi Félicien, umunyabigwi mu gucuranga inanga
15/08/2022 - 14:01
Dutemberane mu nzu y’umubumbyi
13/08/2022 - 00:53
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo