Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Leta yahaye ibiribwa abatujwe mu Busanza
29/09/2022 - 19:49
Artist Stonebwoy reveals secret behind his new song ’Gidigba’
29/09/2022 - 19:30
Umutekano w’umunyeshuri mu burezi bwifashisha ikoranabuhanga
29/09/2022 - 19:12
Cabo Delgado: Uburyo RDF yabohoje Umujyi wa Mocimboa da Praia
29/09/2022 - 09:50
Twasuye Cabo Delgado: Abaturage barashima Ingabo na Polisi by’u Rwanda
28/09/2022 - 22:10
Abasoza amashuri abanza batsinze neza kurusha umwaka ushize
28/09/2022 - 07:41
Patel Karan yegukanye isiganwa ry’imodoka ryaberaga mu Rwanda: Reba ibyaranze agace ka nyuma
26/09/2022 - 10:42Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Byari agahebuzo mu Bugesera
25/09/2022 - 14:31
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo