Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Super Stage excites rally fans
25/09/2022 - 14:11
Reba uko abanyeshuri batangiye umwaka mushya w’amashuri
22/09/2022 - 23:20
AMERWA na Banki ya Kigali batangije gahunda ya ‘Zamuka mugore wa Kigarama’
22/09/2022 - 23:10
Abitabiriye igitaramo RAP City bashimishijwe n’udushya twarimo
18/09/2022 - 22:36
Abitabiriye Art Rwanda-Ubuhanzi bishimiye kugaragaza impano zabo
16/09/2022 - 20:35
Pasiteri Mpyisi yizihije isabukuru y’imyaka 100
13/09/2022 - 07:34
Inzozi Lotto: Harerimana atsindiye asaga miliyoni 2.5Frw, gerageza amahirwe nawe
6/09/2022 - 19:11
Ibyamamare birimo Drogba, Prince Charles, Sauti Sol n’abandi bise amazina Ingagi
4/09/2022 - 11:33
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo