Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Reba uko byari byifashe mu gutangiza #YouthConnekt2022
14/10/2022 - 14:02
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Inkubito z’Icyeza
12/10/2022 - 09:01
Ingabo z’u Rwanda ntizizatahe - Abaturage ba Cabo Delgado
6/10/2022 - 19:22
Yegukanye Miliyoni 10 muri Jackpot ya Inzozi Lotto
3/10/2022 - 21:26
Twe Twibanira n’Abamalayika - Umubyeyi wiyeguriye uburezi bw’incuke
3/10/2022 - 20:48
Ikiganiro na Maj Gen Nkubito uyoboye Ingabo muri Cabo Delgado
3/10/2022 - 11:26
Dutemberane ibitaro bikuru bya RDF i Cabo Delgado na Maj. Dr Shumbusho
30/09/2022 - 09:08
Cabo Delgado: Ingabo na Polisi batanga n’ubuvuzi nyuma y’umutekano
29/09/2022 - 20:06
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo