Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Yatsindiye Frw500,000 muri Jackpot ya Inzozi Lotto ivuguruye
7/07/2022 - 20:17
#Kwibohora28: Uruhare rw’ubuhanzi mu rugamba rwo kubohora Igihugu
7/07/2022 - 18:31
Stella Matutina: Bujuje inyubako yatwaye amafaranga abarirwa muri Miliyoni 700
7/07/2022 - 18:20
Maj.Gen Turagara: Nyakubahwa Paul Kagame ni impano Imana yahaye urubyiruko
7/07/2022 - 18:12
Exclusive Interview with Dr Donald Kaberuka on the sidelines of #CHOGM2022
29/06/2022 - 22:03
Ikiganiro ku kongera imbaraga z’ikoranabuhanga mu kubaka uburezi buhamye
29/06/2022 - 21:49
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Kagame yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Singapore
29/06/2022 - 20:56
Video: Tumwe mu dushya twaranze #CHOGM2022
28/06/2022 - 22:31
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo