Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Dr. Sabin Nsanzimana yatangiye imirimo nka Minisitiri w’Ubuzima
2/12/2022 - 12:18
Nanjye nshyigikiye ko inkwano ivaho - Pastor Antoine Rutayisire
22/11/2022 - 06:28
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye ko gutanga EBM iba umuco
22/11/2022 - 06:19
Urubyiruko rwo muri Kigali rwateye ibiti 5000 mu muganda udasanzwe
22/11/2022 - 06:10
Ibyaranze Cadet Pass-Out ubwo 568 bahabwaga ipeti rya 2nd Lieutenant
7/11/2022 - 21:28
Irebere Akarasisi ka RDF kabereye ijisho
7/11/2022 - 20:02
Art Rwanda-Ubuhanzi: Uko gutoranya abazahatana ku rwego rw’Igihugu byagenze
5/11/2022 - 15:57
Ian Kagame yishimiye kurahira nka Ofisiye mushya muri RDF
4/11/2022 - 19:41
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo