Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya batanu
13/07/2016 - 10:47
Uburyo inyubako ya KCC yongereye ubwiza bwa Kigali
9/07/2016 - 13:03
Rayon Sports yatwaye igikombe cy’amahoro nyuma y’imyaka 10
7/07/2016 - 16:47
IWAWA: Urubyiruko ruriyo ruranyomoza abahafata nko mu gihome
30/06/2016 - 07:43
Perezida Kagame yatanze igisobanuro cyo kwitwa "urubyiruko"
28/06/2016 - 08:30
Ubumuntu Arts Festival yongeye yagarutse
22/06/2016 - 17:26
Perezida wa Chad yasuye u Rwanda
22/06/2016 - 17:23
Mu mpano nyinshi Gashora Girls Academy bifitemo harimo n’iyo kubyina
22/06/2016 - 09:00
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo