Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Umuhanzi Meddy mu kiganiro kirambuye na Kigali Today
3/10/2016 - 15:40
Umuryango wa RwandAir wibarutse undi mwana, umwita "Ubumwe"
30/09/2016 - 12:53
Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda - Perezida Kagame
26/09/2016 - 15:50
Meddy, Teta, Alpha na King James basusurukije abitabiriye ’Rwanda Cultural Day’ San Francisco
26/09/2016 - 14:59
Turagutembereza mu mujyi wa San Francisco ugiye kwakira "Rwanda Cultural Day"
24/09/2016 - 10:02
2FACE IDIBIA yagarutse gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 16
23/09/2016 - 18:00
Nyamasheke ubutaka bw’umwimerere, igice cy’ubwiza bw’u Rwanda
23/09/2016 - 15:01
Bambino yafashwe n’inkongi y’umuriro
22/09/2016 - 09:21
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo