Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uko Louise Mushikiwabo yagiye kwiga muri Amerika yarabujijwe na Minisitiri
25/05/2025 - 11:51
Rutsindura Memorial 2025: Ibiro biravuza ubuhuha mu mikino ya nyuma
25/05/2025 - 11:39
Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46Iziheruka

Tour du Rwanda 2016: Rugg Thimothy niwe wegukanye agace ka Karongi - Rusizi
16/11/2016 - 22:54
Ndayisenga Valens niwe watsindiye "Maillot Jaune" Kigali-Karongi
16/11/2016 - 00:44
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
14/11/2016 - 11:53
Rugg Thimothy niwe wegukanye umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
13/11/2016 - 18:22
Gahunda ya NEP-Kora Wigire ihagaze ite mu Burasirazuba?
12/11/2016 - 23:48
Menya byinshi kuri Senateri Tito Rutaremara
11/11/2016 - 12:18
Ubushotoranyi bw’u Bufaransa ntibuzongera kwihanganirwa mu Rwanda
11/11/2016 - 12:11
Amatora yo muri America asigiye isomo abanyarwanda
11/11/2016 - 12:02
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo