Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

President Kagame Welcomes 4 New Ambassadors to Rwanda
8/09/2025 - 21:19
Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33Iziheruka

Urugendo rwa Humble Jizzo umunsi wo kwambika impeta uwo yihebeye
22/02/2017 - 16:20
Temberana na ba Nyampinga muri Kigali Convention Centre na Radisson Blu Hotel
22/02/2017 - 08:37
Menya umuhanda mushya imodoka zitwara abagenzi zivuye Remera-Nyabugogo zizajya zikoresha
22/02/2017 - 08:36
Ba Nyampinga bahuriye mu gitaramo cyo kugaragaza ibyakozwe no gusinya imihigo
22/02/2017 - 08:33
Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
No Comment!
21/02/2017 - 08:52
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ubuhinde n’intumwa ayoboye
20/02/2017 - 19:17
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo