Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uko Louise Mushikiwabo yagiye kwiga muri Amerika yarabujijwe na Minisitiri
25/05/2025 - 11:51
Rutsindura Memorial 2025: Ibiro biravuza ubuhuha mu mikino ya nyuma
25/05/2025 - 11:39
Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46Iziheruka

AERG/GEARG Week 2017 yatangije ibikorwa by’ineza bitegura Kwibuka23
14/03/2017 - 08:31
No Comment
14/03/2017 - 08:22
IPRC Kigali yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 660
12/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi mpuzamahanga w’umugore
9/03/2017 - 17:08
Kigali Today yashyize hanze abandi ba gafotozi 15 b’umwuga
9/03/2017 - 16:54
Abanyarwanda baba mu Bwongereza bakiranye ibyishimo bidasanzwe Perezida Kagame
8/03/2017 - 08:38
Irebere amagare atangaje akozwe mu biti "Made in Rwanda"
6/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze Umwiherero wa 14 w’Abayobozi
4/03/2017 - 19:24
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo