Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

President Kagame Welcomes 4 New Ambassadors to Rwanda
8/09/2025 - 21:19
Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33Iziheruka

One minute in Nkombo Island
17/06/2017 - 20:44
Rubavu: Miss Mutesi Jolly yasubukuye ibiganiro bihuza urubyiruko n’abakuru
16/06/2017 - 08:32
One minute in Nyarubuye genocide memorial site
12/06/2017 - 13:23
Byinshi kuri NORAH YAM umunye-Congo wahaye impano Perezida Kagame
12/06/2017 - 12:59
Imbuto Foundation yizihije umunsi mukuru w’imyaka 15 imaze irihirira abana batishoboye
10/06/2017 - 21:26
Ibyishimo bidasanzwe ku bitabiriye Rwanda Day mu Bubiligi
10/06/2017 - 21:18
Abanyarwanda baba mu Bubiligi bakiranye Perezida Kagame ibyishimo bidasanzwe
9/06/2017 - 14:44
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo