Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Habiba wahabwaga amahirwe muri Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita
31/01/2017 - 15:22
Miss Rwanda 2017: abakobwa 26 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda
31/01/2017 - 12:22
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo bazahagararira Umugi wa Kigali
30/01/2017 - 09:04
Video : Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakirwa i Addis Ababa
28/01/2017 - 18:15
I Kigali hatangijwe ikigo gishinzwe intego z’iterambere rirambye rya Afurika/SDGs
28/01/2017 - 15:40
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri wa Nigeria ushinzwe Itumanaho
26/01/2017 - 17:12
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo batorewe guhagararira intara y’iburasirazuba
25/01/2017 - 12:28
Abambasaderi 6 bashyikirije Perezida Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
24/01/2017 - 11:30
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo