Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26Iziheruka

Video: Byagenze bite ngo havugwe ko Dr Mukwege yatewe ubwoba na Gen Kabarebe?
10/09/2020 - 13:21
Umwali Fanny: Rudatsimburwa yari yarantwaye uruhu n’uruhande, uko twakundanye biratangaje
8/09/2020 - 21:27
Abarokotse ibitero bya FLN barifuza ko Rusesabagina yajyanwa aho byabereye
8/09/2020 - 20:49
Umujyi wa Kigali wakajije ibihano ku bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:22
Mu isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:03
Gutanga amaraso ni ugatanga ubuzima. RBC yatangije ubukangurambaga bwo gutanga amaraso
3/09/2020 - 15:51
Nyuma yo gufungurirwa isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
3/09/2020 - 15:47
Yabonye umwenda umubyeyi we yari yambaye mu mibiri yabonetse i Nyamirambo (Video)
2/09/2020 - 11:07
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo