Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06Iziheruka
Ikiganiro na Minisitiri w’Intebe ku izamuka ry’ibiciro ku isoko
16/03/2022 - 22:48
I Kigali hazamuwe ibendera rya Commonwealth
15/03/2022 - 00:38
NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Kagame: Ntacyo u Rwanda rutanyuzemo, nta mijugujugu tutaraterwa
1/03/2022 - 15:40
Abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda 2022 bamenyekanye
27/02/2022 - 22:19
Weekend idasanzwe ku Gisimenti nyuma y’uko hagizwe Car Free Zone
27/02/2022 - 22:05
Ibyifuzo bya motari ku kibazo cyo gukoresha mubazi byahawe agaciro
27/02/2022 - 18:39
Abasenateri ba Zimbabwe: Twasuye u Rwanda kuko ari Igihugu cyo kwigiraho
27/02/2022 - 18:19
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.