Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Urwibutso ku babanye na Yvan Buravan
18/08/2022 - 15:48
Abakunzi b’agasobanuye bashenguwe n’urupfu rwa Yanga
18/08/2022 - 07:19
Dore Akarasisi karyoheye ijisho k’abafana ba Rayon Sports
17/08/2022 - 14:40
Rayon Sports: Byari ibyishimo mu gutangiza umwaka w’imikino
17/08/2022 - 13:05
A 62-year-old man competes in Ironman Triathlon 70.3 Rwanda race
17/08/2022 - 12:33
Reba uko Kizz Daniel yasusurukije abafana be i Kigali
15/08/2022 - 14:27
Twaganiriye na Kabatsi Félicien, umunyabigwi mu gucuranga inanga
15/08/2022 - 14:01
Dutemberane mu nzu y’umubumbyi
13/08/2022 - 00:53
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.