Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11
President Kagame presides over Groundbreaking for King Faisal Hospital expansion
23/07/2024 - 09:40
Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29
Kagame yagize icyo avuga ku byavuye mu matora
16/07/2024 - 15:14
Abatuvuga nabi ni bo bicwa n’agahinda - Kagame ubwo yiyamamarizaga muri Kicukiro
14/07/2024 - 03:32
Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.