Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Volleyball: VS Gisagara VC itsinze REG VC amaseti 3-1 ku munsi wa 5 wa shampiyona
21/11/2025 - 23:33
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20Iziheruka
Mu bacika intege ntabwo ndimo - Kagame ubwo yiyamamarizaga i Huye
28/06/2024 - 07:21
Araduhetse Kagame Paul ntabwo twanyerera - I Burera bariteguye
28/06/2024 - 06:51
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11
Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza yise umwana we Kagame
27/06/2024 - 05:00
Twagize Ingabo z’Intare ziyobowe n’Intare - Paul Kagame
25/06/2024 - 23:02
Natuye i Kigali bwa mbere nkimara kujya kuri Yellow Paper - Utumatwishima
25/06/2024 - 22:56
Inkotanyi si igipindi, ni ukuri - Sheikh Mussa Fazil
25/06/2024 - 22:13
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.