Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20
Airtel mu bukangurambaga bwa "BIME AMATWI" _ Twime amatwi abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana
10/09/2025 - 19:12Iziheruka

Udushya n’udukoryo byaranze isozwa ry’umwaka wa 2015
5/01/2016 - 11:12
Isabukuru y’imyaka 15 umukino wa Cricket umaze mu Rwanda
31/12/2015 - 11:17
Uburyo abanyakigali biteguye kwinjira mu mwaka mushya wa 2016
25/12/2015 - 11:16
Igitaramo cya CHORALE DE KIGALI cyarangiye abakitabiriye batabishaka
24/12/2015 - 08:56
Tumwe mu dushya twaranze REFERENDUM
22/12/2015 - 09:23
Uko REFERANDUMU yagenze mu majyaruguru y’u Rwanda
21/12/2015 - 12:24
Nyuma yo gutora YEGO, abaturage nabo barasaba Perezida Kagame kubabwira YEGO
19/12/2015 - 09:59
Nyundo School of music yatangiye guhitamo abandi banyeshuri
19/12/2015 - 09:46
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.