Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Prologue: Tour du Rwanda 2015
16/11/2015 - 12:34
Muyebe Green Village, urugero rwiza rwo gutura mu midugudu
13/11/2015 - 12:24
Uburyo Ferwacy yakemuye ikibazo cy’abakinnyi bari bigumuye
13/11/2015 - 12:23
Ikibazo cyo gutinda gutangaza amanota y’ibizamini bya leta cyabaye amateka
12/11/2015 - 09:27
Indimi z’amahanga zagoye abakobwa bahataniraga Rwanda Super Model
11/11/2015 - 11:32
Sena yemeje ishingiro ry’umushinga w’ivugurura ry’Itegeko Nshinga
10/11/2015 - 11:10
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata na "Siriduwiri"
4/11/2015 - 09:43
No Comment....!!
2/11/2015 - 16:34
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.