Abakirisitu gatolika basaga ibihumbi 60, tariki 28/11/2015, bateraniye i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bizihiza isabukuru ya 34 y’amabonekerwa ya Bikira Mariya.
Mu murenge wa Mpanga imvura yaguye ku mugoroba wo kuwa 26/11/2015 yangije imyaka y’abaturage ku buso buri hafi ya Hegitare.
Nk’uko biba biteganyijwe icyumweru cya nyuma cy’ukwezi kiba cyarahariwe igikorwa cy’umuganda aho abaturage bareba igikorwa cy’ingirakamaro bakwiye gukorera hamwe kandi bakanungurana ibitekerezo ku byabateza imbere
Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare ryashyikirije inkunga y’ibikoresho by’isuku bifite agaciro k’ibihumbi 762 nabo bizeza kutabigurisha.
Inama y’igihugu y’abagore mu karere ka Rutsiro ivuga ko igiye kurwanya imirimo mibi ikoreshwa abana bo muri aka karere.
Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo ufite isoko ryo gutwara abakozi b’Akerere ka Rusizi baravuga ko bamaze imyaka 3 barambuwe Miliyoni 15.
Mu karere ka Nyanza imvura yahasenye amazu ayandi irayasakambura inangiza n’imihanda ku buryo byahagaritse imigendaranire.
Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyanza, Habimana Kayijuka John Herbert yeguye ku mirimo ye ku mpamvu ze bwite.
Uburyo bwo kuvura abantu bahungabana kubera ibibazo bahura na byo bwitwa "Logotherapie" ntibusaba imiti runaka ariko ngo bufasha benshi.
Bamwe mu babyeyi baranengwa kugira uruhare mu gutuma abana babo bagana imihanda bakaba inzererezi, kubera kubafata nabi babahoza ku nkoni.
Ku muhanda Huye- Nyaruguru imodoka y’ikamyo yafunze umuhanda mu murenge wa Huye ahitwa muri Nyamuko, ihagarika ingendo zose z’imodoka zahanyuraga.
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi baravuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina risenya ingo zabo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 26 Ugushyingo 2015, hirya no hino mu gihugu haguye imvura yangije ibintu, mu gihe ahandi itari ikanganye.
Bamwe mu batuye Akarere ka Karongi, bavuga ko babangamirwa na bamwe mu bayobozi batubahiriza amasaha y’inama bakirirwa babanitse ku zuba.
Imiryango ibarirwa muri 60 mu Karere ka Gicumbi ntigira aho yikinga nyuma yo gusenyerwa n’imvura ivanze n’umuyaga mu mezi 2 ashize.
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, gikomeje gukangurira abantu batandukanye kwaka inyemezabuguzi itangwa n’akamashini ka EBM kugira ngo hirindwe inyerezwa ry’imisoro.
Kubera abaturage benshi bagaragaza ko bangirijwe ibyabo n’isosiyete ikora umuhanda China Road, ubuyobozi busanga iki kibazo gikwiye gukurikiranwa mu maguru mashya.
Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi yategetse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rusasa kwishyura amatungo y’umuturage yateje cyamunara binyuranyije n’amategeko.
Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko mu Rwanda (RLRC) n’inzego bakorana, basubiye mu masezerano mpuzamahanga u Rwanda rwashyizeho umukono biyemeza kuyubahiriza.
Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu karere ka Musanze butangaza ko mu gihe cy’amezi abiri ikibazo cy’umwanda uhagaragara kizaba cyakemutse.
Abana babiri bavuka mu kagari ka Rurangazi, Umurenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza bishwe n’umugezi wa Mwogo barohamye.
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Ubumenyi bw’ikirere mu Rwanda buvuga ko amakuru ikigo gitanga mu bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere atari ibinyoma nk’uko bamwe babikeka.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Mukabaramba Alvera yemereye ubuvugizi abafite ubumuga bavurirwa Kabagali.
Mu kwezi kw’imiyoborere abaturage bagarutse ku bibazo bya rusange bisaba amikoro menshi arenze ubushobozi bw’akarere bigatuma ibisubizo biboneka bitinze.
Abatuye Umurenge wa Gitesi, Akarere ka Karongi bavuga ko nta kibashimisha nko kubona ubuyobozi bumanuka bukabegera bugamije kumva ibibazo bafite.
Abagize Dasso barihiye ubwisungane mu kwivuza abaturage 80 bo mu mudugudu wa Rebero mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Bugesera.
Inama idasanzwe y’Abaminisitiri yateranye tariki 25 Ugushyingo 2015 muri Village Urugwiro yemeje umushinga w’ivugururwa ry’itegeko nshinga binyuze muri kamapampaka(referendum).
Bamwe mu bikorera bashyira ibyapa ku muhanda Muhanga-Ngororero bavuga ko bahangayikishijwe n’abajura biba ibyapa byabo, kandi bituma babona abakiriya
Umushumba wa Kiriziya Gatolika Papa Francis yakiriwe Perezida Uhuru Kenyatta ku isaha ya saa kumi n’iminota 50 zo muri Kenya.
Mu rugendoshuri bagiriye mu Karere ka Nyanza, abadepite bagize Komisiyo ishinzwe imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu cya Ghana bashimye uko umutungo wa Leta ukoreshwa.