Abayobora amatorero mu karere ka Nyagatare, bemeza ko bamunzwe n’ivangura rishingiye ku moko n’uturere abantu baturutsemo.
Perezida Kagame arageza ijambo ku bayobozi b’ibanze mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Umwiherero wabo, kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Abayobozi bo mu Murenge wa Kimihurura bavuga ko nyuma yo gusura Inzu Ndangamurage ikubiyemo amateka yerekana uburyo ingabo zahoze ari iza FPR –Inkotanyi zahagaritse Jenoside yakorerwaga Abatutsi, batahanye ishyaka ryo kurwana intambara yo guhashya ubukene mu bahatuye.
Kuri iki cyumweru Perezida Paul Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu gihugu cya Uganda, aho ari bugirane ikiganiro cyihariye na Mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni.
Shehe Bahame Hassan watumiwe mu mwiherero w’abagize Inama y’Igihugu y’Abagore(CNF), avuga ko Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu(MINALOC) ihangayikishijwe n’ibibazo birimo amavunja.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Patrick Ndimubanzi, yavuze ko abantu batagomba gutezuka kuri gahunda zo kwirinda SIDA, nubwo imiti igabanya ubukana bwayo iboneka
Mukundwa Safi, umuyobozi w’umuryango ‘Safi Life Organization’ (SLO) avuga ko ubufasha yahawe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yatemaguwe ariko akabaho, bwatumye yiyemeza gufasha abandi.
Umuyobozi wa Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa ,Radio France Inter, Laurence BLOCH yavuze ko nawe ubwe yahangayikishijwe cyane n’amagambo yatambutse kuri Radio akuriye, mu kiganiro cyari kiyobowe n’umunyamakuru Ali Baddou.
Mu ntangiriro z’umwaka utaha ibihugu byasinye amasezerano yo kureka gukoresha ibikoresho bikonjesha (Air Condition na Frigo), bihumanya ikirere bizatangira kubisimbuza, bityo n’ibindi bihugu bitasinyeaya masezerano biboneraho kuyasinya.
Daniel Habanabakize, umusore w’imyaka 25, wo mu Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare yatangiye umushinga wo gukora amagare y’abafite ubumuga none umwinjiriza asanga ibihumbi magana buri kwezi.
Bamwe bashobora kuba batangiye kwiruhutsa ngo “ya nama irarangiye, imihanda igiye kongera ibe nyabagendwa”, ariko hari ibintu bimwe idusigiye bitazibagirana mu buzima bwacu.
Umuyobozi wa Trade Mark East Africa yateze moto agiye gusinya amasezerano ya miliyari 45Frw z’inkunga iki kigo cyageneye Minisiteri y’Imari n’Ingenamigambi (MIECOFIN).
Perezida Paul Kagame yamaze impungenge abakeka ko guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu bya Afurika bizakumira amahanga.
Perezida Paul Kagame yahaye ikaze Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou wageze mu Rwanda bwa mbere , mu ba perezida bitabira inama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU).
Abayobozi batandukanye bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bemeza ko ingufu zikenerwa ahantu hatandukanye zikiri nkeya cyane kuko zitarenga Megawatts 4000.
Uturere ngo tugira abakozi benshi cyane bigatuma abashinzwe kugenzura imikorere yabo bibagora ntibabashe kubakurikirana uko bikwiye, bikagira ingaruka no ku musaruro batanga.
Bamwe mu batuye Umujyi wa Kigali, baba abatwara imodoka zabo n’abatega, babyutse batungurwa na “embouteillage” mu mihanda yose ibarizwa muri Kigali.
Abakangurambaga b’ubumwe n’ubwiyunge bahangayikishijwe n’uko n’ubwo Abanyarwanda bakomeza kugenda barushaho kubana neza kuva Jenoside yakorewe Abatutsi ariko iyo mu ngo ikarushaho kuba mibi.
Mu muhango wo gushyingura Mgr Bimenyimana Jean Damascene wabereye muri Diyoseze ya Cyangugu, intumwaya ya Papa mu Rwanda Mgr Andrzej Jozwowicz, yatanze ubutumwa bwoherejwe na Papa Fransisco, bufata mu mugongo umuryango w’abagatolika mu Rwanda wabuze umwe mu bashumba ba kiliziya.
Umunyarwanda Eric Eugène yambitswe umudali n’igikomangoma cya Wales HRH Prince Charles, kubera ibikorwa bye byo gukora ubukangurambaga ku bubi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mazi n’amashyamba (RWAFA) kiratangaza ko mu myaka itandatu iri imbere umugezi wa Nyabarongo uzaba urubogobogo.
Pasteri Ezra Mpyisi, umuhanga mu gusobanura bibiliya akaba n’umwe mu bagize itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi, avuga ko gufungwa kwa zimwe mu nsengero zitujuje ibisabwa na leta y’u Rwanda, ari ingaruka zo kudakora umurimo w’Imana uko bikwiye.
Mu cyumweru gitaha mu Rwanda harateranira inama y’iminsi ine y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), izatuma hari imwe n’imwe mu mihanda yo muri Kigali izaba idakoreshwa.
Perezida Paul Kagame yemeza ko nta buryo na bumwe azi bw’imiyoborere ku isi buravumburwa, bushobora gukoreshwa bugateza imbere ibice byose byo ku isi ntacyo buhinduweho.
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Mufulukye Fred avuga ko kutubahiriza inzira zisanzwe zo guhana umukozi byica akazi bigashora Leta mu nkiko.
Minisitiri w’ushinzwe kurwanya Ibiza no gucyura impunzi Jeanne d’Arc Debonheur yafashe mu mugongo abaturage b’i Nyabimata muri Nyaruguru babuze ababo bishwe n’inkuba.
Nyuma y’Inkubiri imaze iminsi yo guhagarika insengero zitujuje ibyangombwa, aho izisaga 700 zahagaritswe mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarugenge bwahagaritse ikorereshwa ry’ indangururamajwi mu misigiti, ngo kuko zitera urusaku.
Urwego rushinzwe Imiyoborere (RGB) ruravuga ko uburyo bukoreshwa mu kugenzura imiyoborere muri Afurika bikwiye kuvugururwa bikajyana n’igihe isi igezemo.
Minisiteri y’Ingabo (MINADEF) iratangaza ko abasirikare b’u Rwanda 39 bari mu mahugurwa yo kubungabunga amahoro yaberaga mu gihugu cya Bangladesh bagarutse mu Rwanda.
Nyakwigendera Musenyeri Jean Damascène Bimenyimana wa Diyoseze ya Cyangugu witabye Imana kuri uyu wa Mbere azashyingurwa kuwa Gatanu tariki 16 Werurwe 2018.