• Ahari igiti cy

    Rubengera: Ku ‘Mana y’Abagore’ hashyizwe uburyo bwo kubungabunga amateka yaho

    Mu rwego rwo kubungabunga amateka y’ahahoze igiti kizwi nk’Imana y’Abagore mu Murenge wa Rubengera, mu Karere ka Karongi, hashyizwe ishusho iriho icyo giti, mu rwego rwo kubungabunga ayo mateka.



  • Barashakisha ubwato bwasizwe n

    Barashakisha ubwato bwasizwe n’Abadage mu Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi

    Ibihugu by’u Rwanda n’u Budage birimo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya Mbere y’Isi.



  • Ishusho ya Yezu Nyirimpuhwe i Nyarushishi muri Kibeho yahazanywe n

    Menya amateka y’Ishusho ya Yezu Nyirimpuhwe iri i Nyarushishi muri Kibeho

    Mu gihe uruzinduko rwa Perezida wa Pologne arusoreza i Kibeho, kuri uyu wa 8 Gashyantare 2024, hari abibaza ibikorwa Kibeho ikesha iki gihugu. Kimwe muri byo ni ishusho nini cyane ya Yezu Nyirimpuhwe yazanwe n’Abanyapolonye iri ahitwa i Nyarushishi, hirya y’Ingoro ya Bikira Mariya, ikigo irimo, ‘Micity Cana’ na cyo kikaba (…)



  • Ahitwa Nyirarukobwa ubu hubatse ishuri ryanahawe iryo zina

    Menya amateka y’inkomoko y’izina Nyirarukobwa

    Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho inkomoko y’inyito z’amazina y’ahantu hatandukanye, yabakusanyirije amateka y’inkomoko y’izina Nyirarukobwa, agace ko mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera.



  • Musenyeri Kagame nk

    Basanga Musenyeri Kagame nk’umushakashatsi n’umwanditsi yarasirimuye u Rwanda

    Kuba Musenyeri Alexis Kagame yarasirimuye u Rwanda ni kimwe mu byagaragajwe, ubwo tariki 20 Ukuboza 2023 yibukwaga n’abo mu muryango we ku bufatanye na Kiliziya Gatolika.



  • Anathalie Mukamazimpaka yasabwe na Bikira Mariya kuguma i Kibeho

    Ubutumwa bwa Bikira Mariya i Kibeho bwagenewe Isi yose - Anathalie wabonekewe

    Anathalie Mukamazimpaka, umwe mu babonekewe na Bikira Mariya i Kibeho, avuga ko ubutumwa bwahawe ababonekewe butagenewe abatuye i Kibeho cyangwa mu Rwanda gusa, ahubwo ko bwagenewe abatuye Isi bose.



  • Mu Rukari i Nyanza

    Menya amwe mu mateka y’Urukari, umusozi watuweho n’Umwami Rudahigwa

    Umusozi w’Urukari uherereye mu Mudugudu wa Rukari mu Kagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, ubu ukaba uriho Ingoro z’Abami hakaba n’urugo rw’Umwami Mutara wa III Rudahigwa Charles Léon Pierre, watwaye u Rwanda kuva mu 1931 kugeza mu 1959.



  • Dore bamwe mu banditsi b’Abanyafurika Isi izahora yizihiza

    Ku mugabane wa Afurika ukungahaye mu runyuranyurane rw’imico n’amoko, ntibitangaje kubona ko n’ubuvanganzo buhakomoka, nabwo bufite ubukungu bw’uruhurirane bushingiye kuri uwo mutungo ndangamuco tugenda duhererekanya tubikesheje ibitabo, imyandiko, inkuru n’imivugo byasizwe n’abanditsi b’Abanyafurika.



  • Musenyeri Kagame Alexis

    Twaganiriye n’abo ku ivuko rya Musenyeri Kagame Alexis

    Musenyeri Alexis Kagame ni umwe mu bahanga ntagereranywa u Rwanda rwagize, cyane cyane mu bijyanye n’amateka, ubusizi, ubuvanganzo no mu mitekerereze ya muntu.



  • Abitabiriye icyo gikorwa bashimishijwe no kuza kw

    Abahanzi basabwe gusigasira ibihangano byari byaratwawe n’Ababiligi mu gihe cy’ubukoloni

    Inteko y’Umuco nyarwanda yamuritse ibihangano by’imbyino n’indirimbo gakondo, byari byaratwawe n’Ababiligi mu gihe cy’Abakoloni, isaba abahanzi kuzisubiramo no kuzisigasira.



  • Izina ‘Kimisange

    Menya Inkomoko y’Izina ‘Kimisange’

    Buri zina rya buri gace mu Rwanda usanga riba rifite inkomoko yaryo ndetse amwe muri ayo mazina usanga afite igisobanuro n’impamvu yitiriwe aho hantu. Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho inkomoko y’amwe mu mazina y’ahantu hatandukanye, yabateguriye n’inkomoko y’izina ‘Kimisange’.



  • Nyabarongo yahoze inyura mu Majyaruguru y

    Wari uzi ko Nyabarongo yahoze inyura mu Majyaruguru y’u Rwanda?

    Igitabo cy’Amateka y’u Rwanda cyanditswe n’iyari Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge mu mwaka wa 2016, kivuga ko umugezi wa Nyabarongo wahoze unyura mu Majyaruguru werekeza muri Nili mbere y’iruka ry’ibirunga, mu myaka isaga ibihumbi 100 ishize.



  • Kiyovu ni yo yabaye Umujyi wa Kigali

    Menya inkomoko y’izina Kiyovu

    Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho inyito z’amazina y’ahantu hatandukanye mu Rwanda, yabakusanyirije amakuru arebana n’izina Kiyovu.



  • Nyamirambo

    Menya amateka y’inkomoko y’izina Nyamirambo

    Amazina y’ibice bitandukanye bigize Igihugu cy’u Rwanda, agenda yitirirwa ibintu ndetse n’imiterere hamwe n’ibikorwa byagiye bihakorerwa.



  • Umusezero wa Rwabugili uherereye i Gicumbi mu Murenge wa Rutare

    Inteko y’Umuco igiye kubungabunga ibigabiro n’imisezero by’Abami

    Mu rwego rwo gusigasira amateka yaranze u Rwanda mu bihe byo hambere, Inteko y’Umuco igiye gushyiraho uburyo bwo kwita no kubungabunga amateka y’ibigabiro n’imisezero y’Abami.



  • Agasozi kiswe Nyinawimana

    Menya inkomoko y’izina ‘Nyinawimana’ ryitiwe umusozi wo muri Gicumbi

    Izina Nyinawimana, uwaryumva yahita yumva umubyeyi Bikiramariya Nyina wa Yezu Christu, ariko mu Karere ka Gicumbi hari umusozi witiriwe Nyinawimana, ndetse hashyirwa n’ibikorwa bitandukanye byitirirwa iri zina.



  • Biragoye ko umuntu uri ku nzira cyangwa uhinguye atambuka mu Kabagore atanyweye ikigage, ubushera cyangwa urwagwa

    Menya inkomoko y’izina ‘Akabagore’ muri Bugesera

    Ni agasantere gaherereye mu Murenge wa Juru mu Kagari ka Rwinume, ku muhanda uva ahitwa Kabukuba ugana i Rilima, hakaba hahora urujya n’uruza rw’abantu, aho abavuye mu mirima no mu yindi mirimo bamwe babanza guhitira mu tubari.



  • Ku mukobwa mwiza haba ikorosi rikunda kugora abashoferi

    Menya inkomoko y’izina ‘Ku mukobwa mwiza’

    Iyo uvuze Ku mukobwa mwiza, abantu benshi bahita bumva ikorosi rikunze kuberamo impanuka riherereye mu Mudugudu wa Mpinga, Akagari ka Gatobotobo, Umurenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, ukomeza ugana ahitwa mu Rwabuye, ugiye kwinjira mu mujyi wa Huye.



  • Aha niho kuri Nyirangarama

    Menya inkomoko y’izina ‘Nyirangarama’

    Iyo uvuze Nyirangarama abantu bose bahita bumva ahakorerwa ubucuruzi n’umugabo witwa Sina Gérard, ariko ntibamenye Nyirangarama niba ari izina ry’umuntu cyangwa ahantu.



  • Kalisa Rugano, umuhanzi gakondo akaba n

    Abahanzi ba gakondo barashakisha uko abato bamenya amateka y’iwabo

    Abahanzi b’Abanyarwanda n’Abarundi ariko bafite umwihariko wo gukora injyana za gakondo, bavuga ko bakunze guhura n’imbogamizi ahanini ziterwa n’urubyiruko rutazi neza amateka y’ibihugu byabo, bakaba barimo bashakisha uko barufasha kuyamenya bifashishije ibitaramo.



  • Bifuza ko ku musozi wa Kiruri hakubakwa urugo rw

    Huye: Bifuza ko ku Ntebe y’abasizi hakubakwa Urugo rw’umusizi

    Abaturiye ndetse n’abakomoka ku basizi bakomeye bazwi mu Rwanda, bifuza ko ahazwi nko ku Ntebe y’abasizi mu Karere ka Huye hakubakwa urugo rw’umusizi, kugira ngo bongere basubire mu nganzo.



  • Mutara-III-RUDAHIGWA

    Menya amateka n’Ibigwi by’Intwari y’Imena, Umwami Mutara III Rudahigwa

    Uwari umwami akaba n’Intwari y’Imena y’u Rwanda, Mutara III Charles Léon Pierre Rudahigwa, yatanze ku itariki 25 Nyakanga 1959 aguye i Bujumbura mu Burundi, atabarizwa i Mwima mu Karere ka Nyanza ku wa 28 Nyakanga 1959.



  • Dr Martin Luther King, Jr.

    Dore ibintu 10 bitangaje utamenye kuri Martin Luther King Jr.

    Dr Martin Luther King Jr., umuvugabutumwa w’umwirabura w’Umunyamerika waharaniye uburenganzira bw’abirabura, kurwanya ubukene n’ubusumbane kugeza abizize, abakurikiraniye hafi ubuzima bwe bavuga ko bwaranzwe n’ibintu byinshi bitangaje, ariko bitamenywe na benshi.



  • Amateka y’imyambaro: Ipantaro yaje ahagana mu 1960

    Umukambwe utuye i Cyanika mu Karere ka Burera, Philippe Furere w’imyaka 85 y’amavuko, avuga ko yambaye ipantaro bwa mbere mu 1958, ariko ubusanzwe Abanyarwanda ngo bambaraga imikenyero n’imyitero, abasirikare bakambara amakabutura.



  • Isantere ya Mukamira

    Sobanukirwa inkomoko y’izina ‘Mukamira’

    Mukamira ni imwe mu masantere akomeye y’Akarere ka Nyabihu, aho abenshi mu bahatuye badashidikanya kwemeza ko ariyo santere ifatwa nk’umujyi w’ako karere, n’ubwo hari na bake bemeza ko isantere ya Jenda ariyo iza imbere ya Mukamira.



  • Imwe mu ngoro za Nyabingi zikiriho, ngo bashatse kuyisenya icyo giti kirayirinda

    Sobanukirwa amateka ya ‘Nyabingi’

    N’ubwo izina ryamamaye cyane ari Nyabingi ariko izina rye ry’Ikinyarwanda ni Nyabyinshi, bivuze umuntu ufite ubutunzi bwinshi, ni izina ryahawe umukobwa uvugwa ko we na Ruganzu ll Ndoli, bavutse ari impanga babyawe na Ndahiro ll Cyamatare.



  • Nelson Mandela

    Benshi bemeza ko Nelson Mandela ari Intwari ya Afurika

    Tariki ya 18 Nyakanga buri mwaka, hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Nelson Mandela, kubera ubutwari n’ubwitange yagaragaje aharanira ubwingenge bw’icyo gihugu, ariho benshi bahera bamwita Intwari ya Afutika.



  • Hategekimana avuga ko abaturage bose muri ako gace baza kuvona ku iriba ry

    Sobanukirwa ‘Nkotsi na Bikara’ aho Abami b’u Rwanda bimikirwaga, uwahavogereye yaburiwe irengero

    Mu Rwanda hari uduce tunyuranye tubumbatiye amateka y’igihugu yo ku bw’Abami, ahenshi hagenda hitirirwa amazina abiri akomatanye, urugero ni ahiswe ‘Rwabicuma na Mpanga’ mu Karere ka Nyanza, ‘Butamwa na Ngenda’, ‘Burera na Ruhondo’, ‘Nkotsi na Bikara’ n’ahandi.



  • Imigongo ifite inkomoko muu Gisaka cy

    Menya inkomoko y’imitako izwi nk’Imigongo

    Imigongo ni imitako yasakaye Igihugu cyose ndetse no hanze yacyo ku masoko mpuzamahanga, kandi ikagurwa ku bwinshi kubera ubwiza bwayo ariko inkomoko yayo ni iyihe?



  • Vladimir Putin

    Vladimir Putin ni muntu ki?

    Mu gihe isi yose ihanze amaso u Burasirazuba bw’u Burayi, aho intambara ikomeje gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine, turagaruka ku mateka ya Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, umugabo uzwiho kutavugirwamo ku birebana n’umutekano w’igihugu cye.



Izindi nkuru: