Kuri uyu wa kane perezida wa repubulika Paul Kagame yashyizeho abasenateri bashya bazafatanya n’abandi baherutse gutorerwa guhagararira abanyarwanda mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Sena muri manda itaha.
U Rwanda rukomeje kwakira benshi bifuza gufatanya narwo mu nzira y’iterambere ibi byongeye kugaragarira mu ruzinduko rwa Perezida wa Nigeria Goodluck Jonathan amazemo iminsi ibiri mu Rwanda.