Tigo irifuza gutera inkunga imishinga y’urubyiruko
Sosiyete y’itumanaho mu Rwanda, Tigo, yatangije umushinga witwa “reach for change” wo gutera inkunga imishinga ibiri buri mwaka, y’abantu bafite hagati y’imyaka 18 na 30 bazagaragazamo ibitekerezo birusha iby’abandi ireme.
Ibihumbi 25 by’amadolari y’Amerika (abarirwa muri miriyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda) azajya ahabwa buri muntu muri babiri bazagaragaza imishinga y’intyoza kurusha indi; nk’uko byatangajwe na Diego Camberos uyoboye Tigo, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 21/08/2012.
Komisiyo y’igihugu y’abana yabaye iya mbere mu kwishimira ko Tigo izafasha abantu bafite guhera ku myaka 18 baba bakibarwa mu cyiciro cy’abana, ikavuga ko izabakangurira kwitabira iryo rushanwa.
Zaina Nyiramatama, umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’abana, yavuze ko hari abana benshi bamugana bamusaba ubufasha bw’amafaranga yo guteza imbere imishinga. Yemeza ko agiye kubafasha kuyitegura hanyuma akabatungira agatoki kuri Tigo.
Imishinga y’ubwoko bwose, yaba ijyanye n’ikoranabuhanga, uburezi cyangwa se n’ibindi, iratangira kwakirwa kuri uyu wa gatatu tariki 22/08/2012.
Uwifuza kumenya ibisabwa mu gutegura umishinga we, ngo yasura kuri internet urubuga rwa Tigo, arirwo www.tigo.co.rw.
Simon Kamuzinzi
Ibitekerezo ( 14 )
Ohereza igitekerezo
|
Alias kumwaka 18 umushinga nuguteza impano zabana bato kumwaka 5-15 mubiryanye nimurika mideri (fashion modelling) ndetse nibyino nyarwanda (traditional dance) murakoze 0786246247
AMAHORO .TURANEZEREWECYANE NAYJERERO. UMUSHINGA .NFITE . NI UBWOROZI. BWINKOKO NKANIFUZAKONAJYE MWAFASHAKANDI. NDISERIYE KABONIYO.BYABA. INGUZANYO YISHYURWA. NYUMAMEZI ATATU . MUKOZE . NDABASHIMIYE IGISUBIZOKIZA IGISHORO, 600 000fw
Muraho mbanje kubasuhuza amahoro abane namwe! Amazina yanjye ni Muhirwa Hertier nanjye ndi umwe murubyiruko wifuza intunga yanyu.Mfite umushinga WO kurangura inko ku mugina na gashyushya nka zigemura i kigali mu masoko na restora bar. Umushinga wanjye uzatwara 600,000 RWF. Imamvu nahisemogukora ino mushinga ntuku kwi soko rya mugina na gashyushya inko zigura amafaranga macye. Urungero: inko nziza igashyushya igura amarafaranga 3000 RWF yagera i kigali ikagura amafaranga 5000 RWF.Murakoze!! number yanjye:0725095601
mfite umushinga wo guteza imbere abaturage hamwe na tigo muri rusange nanjye ntiretse mugucuruza amaunite(Ego) ,tigocash, simcard no kongera abafatabuguzi ba tigo no guteza imbere company ya tigo hamwe nigihugu cyacu uri rusange. murakoze !
mbanje kubashimira umutima wanyu wo gukunda igihugu no guharanira ko cyaterimbere mubyiza no kwifuriza abaturarwanda Bose ko ibyo byiza bazabyisangamo, nimururwo rwego nanjye nishimiye cyane igenabufasha mwageneye iminshinga urwanda rwejo dufite kugirango twiteze imbere tutibagiwe barumuna bacu nanjye mfite umushinga WO kwigisha Abana bato umuco n’ururimi no kubasubiriramo amasomo as an we mbinyujije mukubatoza umupira wamaguru bikaba bisaba capital :5000 000 nkaba Ababa narabakoranyije barahari ikibazo namikoro mbaye mbashimira kugisubizo cyanyu cyiza ibihe byiza my phone number is +250728286162
my phone number is +250728286162
mbanje kubashimira umutima wanyu wo gukunda igihugu no guharanira ko cyaterimbere mubyiza no kwifuriza abaturarwanda Bose ko ibyo byiza bazabyisangamo, nimururwo rwego nanjye nishimiye cyane igenabufasha mwageneye iminshinga urwanda rwejo dufite kugirango twiteze imbere tutibagiwe barumuna bacu nanjye mfite umushinga WO kwigisha Abana bato umuco n’ururimi no kubasubiriramo amasomo as an we mbinyujije mukubatoza umupira wamaguru bikaba bisaba capital :5000 000 nkaba Ababa narabakoranyije barahari ikibazo namikoro mbaye mbashimira kugisubizo cyanyu cyiza ibihe byiza
ndifuza gucuruza mi tuyu kandi mungiriye neza mwanyohererez ibihumbi 20,000 nkaba nabasha kwite zimbere murakoze
muraho nanjye ndi umwe murubyiruko rw’imwaka 24 najye nkaba mbashimira gahunda nziza yo guteza imbere urubyiruko nukuri n’ibyigiciro, none natwe dukeneye ubufasha bwanyu mumushinga w’ubucuruzi bwa BOUTIQUE kuko nshaka kuzamura icyaro kirikuba Develope umushinga wange watangizwa na Capital y’amafaranga 800,000 y’uRwanda inkunga yanyu niterambere kuritwe ndetse n’igihugu cyacu.tel 0727447200 na 0728708804 murakoze kubwubufasha bwanyu
Muraho?natweturaho,ni ambasaderi wa tigo impamvundambasaderinkunda tigo cgane,nkuko nayo inkunda,ubundi ikindi nkunda,nkundagucuruza kubwibyo, dabasaba inkunga yamafaranga,ibihumbi 3 000 000 Ndashakagucuruza ngonterimbere.murakoze,My number:0726018895.Imana ikomeze ibarinde ndakomezambasengere.
igitekerezo cyange nu gufasha abana bo mumu hanga bitwa. ba mai bobo nka ba kuramo nka ba korera fondation peace ariko nda cha chaka inkunga ariko nziko nza bi geraho imana ni bishaka
my phone number +250722497773
Njye ndi umwe mu rubyiruko rw’urwanda wifuza gutangiza umushinga w’ubucuruzi bwo mu bwoko bwa ALIMENTATION. ihagaze n’ibura 2,000,000Frw. mubishoboye mwatumenyesha kuri Tel 0727334040 tubashimiye ku mushinga wanyu ugamije kuzamura benshi mu rubyiruko rw’igihugu cyacu, turabashimiye ku bisubizo byanyu byiza murakoze.