My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1298 )

Njye mfite ikibazo gikurikira: kubera iki mu burezi mu mashuri abanza umuntu usanga ahembwa ibihumbi 48 undi 49, undi 50, undi 52 cg 53 kandi mwaragiriye rimwe mu kazi, mwarize bimwe kandi mwese mwigisha hamwe (mu karere kamwe)? Mutubarize rwose niba abantu barinjiranye mu kazi banakora bimwe banahembwe angana kuko bitera "Interconflict" cg "jelous" ni ukuri. Murakoze. Turabakunda.

Alias yanditse ku itariki ya: 14-05-2022  →  Musubize

arikobayobozibakarongi E.P RURUMBU UMURENGEWAGITESI BKAGALI KARWARIRO UMUDUGUDU WARUSEKERA YOKONTAMURIRO UHAGERA NTANAMAZIMEZA BIMEZEBITE?. MUTUVUGANIREPE

NIVUGUZIGA yanditse ku itariki ya: 10-03-2022  →  Musubize

mudusurepe!

Tharcisse yanditse ku itariki ya: 6-03-2022  →  Musubize

Nyaruguru,nukuri uzadusure mumudugudu wagasharu twasigaye mwiterambere! turasaba amashanyarazi namazi

Tharcisse yanditse ku itariki ya: 6-03-2022  →  Musubize

mbanje kubaramutsa amahoro y’Imana bane namwe.kumakuru mutugezaho mbere na mbere nihanganishije igihugu,cya AkLAINE kiri mubihe bitoroshye.nkibaza nkisubiza ko inzirakarengane zirikwicwa ibyazo bikangizwa`ibihugu bikomeye bibibone abayobozi bihugu bikomeye bakomeje kwifata.nkibariza ibihugu biri muri otan ko kaddafi mwamwishe namuntu yari yishe.none ko putin prezident russia ko ari kwica nawe asize inyuma.hari cyomuzatwara cyora ubwo wenda ntawamenya mwihangane murengere abatarapfa .ninganisha abanyaklaine nabapfira gushira ababuze abobo bingane cyane.nkabaza president wa russia ko uri kuziza aklaine ngo iye mumurango nuyica ukayingiza nuwo muryango uzawusenya wareye aho.

MANIRAFASHA Nicodem yanditse ku itariki ya: 1-03-2022  →  Musubize

natwe turashimira polisi mukwibutsa abatwara ibintu nabantu kwirinda impanuka

hakuzimanajeannepo yanditse ku itariki ya: 24-02-2022  →  Musubize

kayonza turaho irukara tumezeneza

hakuzimanajeannepo yanditse ku itariki ya: 24-02-2022  →  Musubize

MBANJE KUBASUHUZA.NITWA JANDODIYE NTUYE MUKARERE KA GATSIBO. UMUDUGUDU WANGARAMA.UMURENGE WA KABARORE. MUKAGARI KA NYABIKIRI. AHO BITA MUKARERE .NATWE DUFITE IKIBAZO CYUMURIRO. .MWISANTRE YOMUKARERE NTAMURIRO DUFITE NOMWISANTRE YANGARAMA. KANDI IZINDI SANTRE ZIDUKIKIJE ZIFITE UMURIRO. MWATUBARIJE NATWE TUGAHABWA UMURIRO .UBUTURINYUMA MUMAJYAMBERE KUBERA IKIBAZO CYUMURIRO.MURAKOZE..

habakurama jean dodie yanditse ku itariki ya: 14-02-2022  →  Musubize

biragoyepe

gatabazi.korode yanditse ku itariki ya: 30-01-2022  →  Musubize

biragoyepe.

gatabazi.korode yanditse ku itariki ya: 30-01-2022  →  Musubize

TURASHIMIRA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME KOMUDUGUWACUNTAMUNTU IGISABIRIZA TURAMUSABAKOHEREZA UBUTABERAGUKURIKIRANARUSWA

MUGWANEZA INNOCENT yanditse ku itariki ya: 25-01-2022  →  Musubize

KIGALITODAY MURI ABANTU BINDASHYIKIRWA MUBINDI BITANGAZAMAKURU BYOSE MU RWANDA.ARIKO MUJYE MUTUGEZAHO AMAKURU MENSHI AVUGWA MURI KAYONZA MU MURENGE WA KABARONDO AKAGALI KA KABURA.NAHANO MURI KAMINUZA Y U RWANDA ISHAMI RYA HUYE MUJYE MUTUGERAHO KUKO TURABKUNDA CYANE.

RUTAYISIRE DIDIER yanditse ku itariki ya: 22-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka