My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1305 )
Ohereza igitekerezo
|
natwe turashimira polisi mukwibutsa abatwara ibintu nabantu kwirinda impanuka
kayonza turaho irukara tumezeneza
MBANJE KUBASUHUZA.NITWA JANDODIYE NTUYE MUKARERE KA GATSIBO. UMUDUGUDU WANGARAMA.UMURENGE WA KABARORE. MUKAGARI KA NYABIKIRI. AHO BITA MUKARERE .NATWE DUFITE IKIBAZO CYUMURIRO. .MWISANTRE YOMUKARERE NTAMURIRO DUFITE NOMWISANTRE YANGARAMA. KANDI IZINDI SANTRE ZIDUKIKIJE ZIFITE UMURIRO. MWATUBARIJE NATWE TUGAHABWA UMURIRO .UBUTURINYUMA MUMAJYAMBERE KUBERA IKIBAZO CYUMURIRO.MURAKOZE..
biragoyepe
biragoyepe.
TURASHIMIRA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME KOMUDUGUWACUNTAMUNTU IGISABIRIZA TURAMUSABAKOHEREZA UBUTABERAGUKURIKIRANARUSWA
KIGALITODAY MURI ABANTU BINDASHYIKIRWA MUBINDI BITANGAZAMAKURU BYOSE MU RWANDA.ARIKO MUJYE MUTUGEZAHO AMAKURU MENSHI AVUGWA MURI KAYONZA MU MURENGE WA KABARONDO AKAGALI KA KABURA.NAHANO MURI KAMINUZA Y U RWANDA ISHAMI RYA HUYE MUJYE MUTUGERAHO KUKO TURABKUNDA CYANE.
Turashimira RAB kubwinyongeramusaruro iduha,tukaboneraho gusaba kobadufasha nogushaka amasoko yibihingwa kuko ibiciro by,amafumbire bikabije kuzamuka bityo bigatera igihombo abahinzi
Uwomujura warwanyije abasirikare kumuhana byaringombwa
Ndi mu karere ka gakenke umurenge wa gashenyi twishimiye uburyo reta yadutekerejeho ikaduh umuhanda uhuza gashenyi na karambo
ndashaka kumenya amakuru yakorona
Ni jack w,I rwamagana turashimira inzego zumutekano byumwihariko abasilikare uburyo bakora akazi muminsi mikuru ya noheri nubunani.murakoze