My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho neza mukarere kanyanza umurejye wa ntyazo akagari kakagunga izuba ritumereye nabi inyaka yarunye twabuze imvura
muraho neza nukur turabakunda kdi dukunda amakur mugeza kubanyarwanda muherutse gukora inkuru kurupfu rwumwana wumusore witabye imana muri iki cyumweru mumurenge wa ndaro bitewe ninzoga babajije gitifu ati rekada ntazihar ahaa narumiwe pe kuko uretse nabaturage nabayobozi zizabahitana pe muzabaze neza uwitwa sedo wakagari ka kabageshi ntagifite izina rye bwite bamuhimbye kimemeti cg sanza amaboko niba reta ntacyo ikoze ngo ikumire kiriya kiyobya bwenge kizabamaraho abantu murakoze
Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye
Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye
Mwiriwe? nifuzaga akazi mfite A2 kumanota 57 kuri 60 Geography A Economics A history B entrepreneurship A General study S mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu ndabashimiye mugire akazi keza numunsi mwiza Kandi Imana ibane namwe nomero ni 0781605630
MURAKOZE KUTUGEZAHO AMAKURU MEZA.
TUBASHIMIYE AMAKURU MEZA MUDAHWEMA KUTUGEZAHO.
nitwahitimananuyemukarereka nyagatareumurengewarukomondabashimiyekubitekerezobyanyumutugezahombambakurikiye 5 kurigatanu.
Mubigogwe Muzadusure dufite ikibazo. ugera kumure ugiye gushaka indangamuntu wagerayo ugasanga inywaka iri murangamwimere itandukanye niyo ufite. nkubu navutse2003 ariko murangamwimerere ngona navutse 2009? urumva ni ikibazo gikomeyecyaneep. mudufashe mutuvuganire turababaye murakoze{}
TURABASHIMIE
Ngororero+kageyo+kageshi+ruganda
Ikindi twifuza ko harinkunga muduhaye yarya ica kuri simucard yumuntu.kandi dufite nikibazo cyuko bajogoye abaturage bagiye guha amafaranga ni nka kandi arabakire.gusa.bahora babakorera inama twabaza ba midugudu abayobozi .bakatubwira ngo ni MaCHINE yabajogoye i kigali.muzatubarize murakoze
Muraho,nshuti z`u Rwanda
abaturage bo murenge wa ka kageyo -kageshi-ruganda :baratwambuye rwiyemeza mirimo wakoresheje amatarasi mutuvuganire,ikindi badutereye imigano batubwira ko bazaduha amafaranga none nayo.kandi ibitaro bya kageyo nago bitanga (service) urahagera ukirirwa utegereje.banatubeshye ngo bazaduha miliyoni yinguzanyo twarayibuze ngo dukore umushinga nkatwe rubanda rugufi.murakoze muzage mutuvuganira