Telefone igendanwa (mobile) imaze imyaka 40 ibayeho

Yanditswe ku itariki ya: 5-04-2013 - Saa: 15:34'
Ibitekerezo ( )

Umugabo witwa Martin Cooper umuyobozi mukuru w’uruganda rwa Motorola, ni we wavugiye bwa mbere kuri telefone igendanwa (mobile)mu 1973. Icyo gihe ngo yahamagaye umuyobozi w’isosiyete yitwaga AT&T’s Bell Labs, ikaba yari mucyeba wa Motorola.

MTN irasaba abafite telefone ya Blackberry kudapfusha ubusa akamaro kayo

Yanditswe ku itariki ya: 7-03-2013 - Saa: 09:26'
Ibitekerezo ( 1 )

Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwandacell yamenyesheje abafatabuguzi bayo ko ibafitiye servisi nyinshi zikoreshwa muri telefone yo mu bwoko bwa blackberry, ikaba ibasaba kudapfusha ubusa umwihariko w’iyo telephone.

MTN yakoze igikorwa cyo kubarura simukadi z’Abasenateri

Yanditswe ku itariki ya: 19-02-2013 - Saa: 14:12'
Ibitekerezo ( )

Sosiyete y’itumanaho ya MTN yakoze ibarura rya simukadi z’abagize Inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, igikorwa kititabiriwe nk’uko byari byitezwe. Perezida wa Sena yasobanuye ko ukutakitabira byatewe na gahunda z’akazi zagiye zitungurana.

Bukavu: Airtel Rwanda iganza Airtel Congo

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2013 - Saa: 10:25'
Ibitekerezo ( )

Abakeresha sosiyete y’itumanaho ya Airtel Congo bo mu mujyi wa Bukavu barinubira iminara ya Airtel Rwanda kuko ngo amatelefone yabo adashobora guhamagara ndetse n’uwo bahamagaye amafaranga ye aragenda bitewe n’uko umunara w’u Rwanda uba warushije uwa Kongo imbaraga.

Cyanya: Abaturage barasaba ko hashyirwa umunara wa MTN waborohereza mu itumanaho

Yanditswe ku itariki ya: 8-01-2013 - Saa: 12:25'
Ibitekerezo ( )

Mu kagari ka Cyanya ho mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kirehe abaturage barinubira kuba nta network ya MTN bagira aho bavuga ko iyo bagiye guhamagara rimwe na rimwe babona hajemo umunara wa VODACOM ikoreshwa mu gihugu cya Tanzaniya.

Burera: Ikoranabuhanga rikoresha telefone rizabafasha mu buhinzi bwabo

Yanditswe ku itariki ya: 3-01-2013 - Saa: 17:58'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera batangaza ko amahugurwa bahawe mu ikoranabuhanga rikoresha telenone igendanwa rizabafasha mu bintu bitandukanye birimo ubuhinzi n’ubworozi.

Kwandika sim card kuri ba nyirazo bizagabanya ibyaha - RURA

Yanditswe ku itariki ya: 21-12-2012 - Saa: 08:39'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyuma y’ukwezi kwa Nyakanga 2013, ngo nta numero ya telefoni izaba idafite umuntu yanditseho mu rwego rwo guca ibyaha byifashisha telephone; kuko kuba byoroshye kugura sim card ukaba wayijugunya bituma abantu bakoresha telefone mu makosa.

Telefone zo mu bwoko bwa Samsung Galaxy ngo zaba zishobora guterwa na virus izihanagura

Yanditswe ku itariki ya: 26-09-2012 - Saa: 14:51'
Ibitekerezo ( 2 )

Ravi Borgaonkar, impuguke mu bushakashatsi bwa virus za telefone yatangaje ko hari virus ikora nka telekomande ishobora kwinjira muri telefone za Samsung Galaxy igahanagura ibirimo byose.

MYICT irasaba sosiyete z’itumanaho kuzamura abaturage bose

Yanditswe ku itariki ya: 13-07-2012 - Saa: 12:29'
Ibitekerezo ( )

Ministeri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga (MYICT) yemeza ko sosiyete zikora itumanaho mu Rwanda zishobora kuzamura ubukungu bw’igihugu, mu gihe zaba zigejeje serivise zitanga ku baturage bose.

Pages 1 | 2
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile