Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Kumenyera amakuru kugihe
nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage
MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.
Amakuru muri gicumbi bimeze bite
muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma
akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.
dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE
AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE
Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bwakarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo,
Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera n
Akagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye.
Mutubarize ubuyobozi b
Akarere.
Ngewe narimfite ikibazo bidiye turashakako idufusha dugakora tukayishyura mumurenge wakibirizi thangs
Mujye mumpa amakuru yose ajyezweho arebana nakzi kuburezi muri Kano karere .
murakoze
mbanje kubasuhuza ni amakuru nshaka gutanga hari igikorwa kizabera muri GASABO/ RUSORORO MUKIGO CY’URUBYIRUKO CYA YEGO CENTER KABUGA akaba ari igikorwa kizatangira taliki 26/07/2019 igkorwa ni YEGO TALENT SHOW kigamije gutuma urubyiruko rwiteza Imbere bakoreresheje impano zabo kuva saa 14h:00 kujyeza saa 19h:00murakoze kwakira amakuru tubahaye /murakoze bakunzi ba kigali today
Kumenya Amakuru. Ya gatsibo
Mwaramutse mwese uwomuntu wishimye kyane agahitirakwo imana imuhe ikiruhuko kindashira
APR NIBIKI RIGUKORA
IBYISHIMO BYOGUTWARA IGIKOMBE KURI LEYONSIPORO BITUMYE UMUGABO UMWE AHASIGA UBUZIMA@Hari mugitondo Ko Kukumweru le02/06/2019 abagabo baramukiye mukabari bari Kwishimira Igikombe Ka Reyonsiporo yatwaye! arinako bananywa inzoga kugeza bwije. bigeze muma saa9:00 zumugoroba umugabo uzwi NKA GASITONI Utuye mumudugudu wa KABAKUNGU AKAGARI KANYAMIRAMBO UMURENGE WA RONGI AKARERE KAMUHANGA Yatashye yanyweye inzoga nyinshi. Yaranyereye agwa munsi yumukingo birangira yitabye IMANA. NONE Alashyingurwa kuri uyuwa kabiri le04/06/2019(Imana imuhe iruhuko ridashira.)
kuki uwo mugabo ngo ni sankara yi gize akagabo
Dukomeje kubakurikirana mwiterambere turabemera cyane ku Banyakarongi Bose.
Rusizi is still behind in service delivery and corruption from the cell level up to the district level .there ,roads ,bridges,markets ,jobs delivery will affect mayor’s.from Jean pierre,Fabien Oscar,Freud.reka turebe Wenda uyu mujene we azazana impinduka
Akarere ka Rusizi kadindizwa na ruswa :mu itangwa ry,amasoko ,akazi kuko aha abakozi ba Ralga barakoreshwa muzagenzure,ikimenyane n,ibindi.
NDASHIMIRA UBUYOBOZI BWAKARERE BWATEKEREJE GUSHYIRAHO AMATSINDA (KANGWA) AMAKOPERATIVE AGOMBAKUBUNGABUNGA UMUHANDA UVA MUCYAKABIRI CYAJYITARAMA UGANA IMUSANZE. BYUMWIHARIKO MUGICE CYA KARERE KA MUHANGA. KUKO AMAFARANGA BABIHEMBERWA" ABAFASHA KWITEZAIMBERE, ARIKO BIRIKUVUGWA YUKO NGO UBUYOBOZI BWAKARERE KA MUHANGA BUSHAKA KUBAKURAMO BAGASHYIRAMO ABASHOMERI BARANGIJE KWIGA BABUZE AKAZI. ARIKO NANGE NDUMWE MUBAYOBOZI BINZEGO ZIBANZE ABO BATURAJYE BAWUKORAGAMO NIHO BAKURAGA UBUSHOBOZI BWO GUFASHA ABANA BABO KWIGA’ BYUMWIHARIKO ABENSHI NIHO BAKURAGA AMAFARANGA YO GUTANGA (MITUWERI) REKA NGIRE INAMA UBUYOBOZI BWA KARERE KA MUHANGA KUZABIGANIRANHO NEZA: KUGIRANGO BATAZAKEMURA IKIBAZO KANDI BATEJE IKINDI KIBAZO GIKOMEYE. (MURAKOZE BAKUNZI BA KIGALI TODAY.)
i rusizi ralga ikoreshwa nabamwe mu bayobozi mu karere cyangwa abandi bafite ibirango mudutabare ruswa.