Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

ndashima ubuyobozi bw’umurenge wa Runda kuko ahitwa ku Ruyenzi ho haba hari abantu benshi baza gushakayo akazi baturutse hirya no hino abenshi bahafata nk;i kigali kubera ibikorwa by;iterambere bihari.

claude yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

Abakoze umurimo w’ikusanyamibare kumirimo ikorerwa mukarere ka rulindo,baratabaza ngo leta ibarenganure:ngo hashize amezi atatu batarabahemba,amafaranga bakoreye kandi baribarabasezeranyije kubaha1/2 cy’umushshara nyuma y’icyumweru cy’akazi,none dore amezi abaye atatu nta n’iritoboye barabona.birababaje pee!!

MUNYAKAZI Prince yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

izonka bavuga abasilikare nibo bazifashe,kugira uvuge
gutwo zimaze igihe kinganaiki? Ese babara ziriye,?NDONGERA MBAZE NABASIRIKATRE BANYAZWE cg nabaturage?

yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

igitekerezo kuvugagutso bishatse kuvugiki mubyukuri njewe ndi umucuruzi nkaba nifuzako abasirikare na abapolice bu rwanda twaza dutanga ukotwifite rwose badutabara kenshi badukiza amabandi bagahosha imidugararo ndetse nibindi..............,ntavuze

uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.

mudasaba jean yanditse ku itariki ya: 5-12-2012

WISHIMAGIZA GICUMBI,UZIKO HASHIZE HAFI AMEZI ABIRI YARANANIWE GUSHYIRA ABA CANDIDATES BARENGA 20 MUMYANYA YABO KANDI AMANOTA YOSE YARASOHOTSE.

yanditse ku itariki ya: 5-12-2012

INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.

yanditse ku itariki ya: 29-11-2012

Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze

Munyentwali eugene yanditse ku itariki ya: 20-11-2012

nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure

mumu yanditse ku itariki ya: 15-11-2012

turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!

baby yanditse ku itariki ya: 10-11-2012

ndashimira abateye inkuga igikorwa cyo gufasha abasenyewe na Burehe.

TUYIZERE Charles yanditse ku itariki ya: 9-11-2012

Iri soko rya Bikingi mu murenge wa Bigogwe ubanza uwize iryo soko atari yabitekerejeho kuko yarishyize hirya cyane ya kaburimbo ahubwo azana iry’inka arishyira kumuhanda bazabigurane inka zijye hirya isoko nrize kumuhanda rizahita ryitabirwa.Nibitabako bazihanganire igihombo cy’amafranga yaryubatse

frederic yanditse ku itariki ya: 6-11-2012

imbaraga nyinshi mubijya nye nubuta ka
zirakenewe cyane pe
mushyiremo imbaraga pe!

hakizimana pascal yanditse ku itariki ya: 25-10-2012

akarere ka burera muzagerageze mudusure dufite igitekerezo tugomba kubagezaho ;kubyerekeye isuku muri rusange,

nsabimana evariste yanditse ku itariki ya: 17-10-2012

akarere kagatsibo karakoze cyane ayo naya project yinka zifatirwa mucyigo cyagabiro

gasangwa theoneste yanditse ku itariki ya: 8-10-2012

ayomafaranga akarere kagatsibo katanze kazayitirire abaturage banyazwe inkazabo zafatiwe mucyigo cyagisirikare cy’IGABIRO kuko barayarengeje muruyumwaka

gasangwa theoneste yanditse ku itariki ya: 8-10-2012

ndashimira police y,igihugu idahwema kurwanya ikibi cyose mugihugu.murakoze.

niyibizi jados yanditse ku itariki ya: 7-10-2012

umuyobozi w’akarere ka gicumbi Mvuyekure Alexandre n’abamwungirije bigaragara ko bafite ubushake bwo kuzamura aka karere,ariko ;abashinzwe gutanga serices baravanga.Nkawe se buriya muri Mwalimu Sacco! Education! Secretariat! aha!!

ombeni yanditse ku itariki ya: 6-10-2012

ndumva mwatubariza impamvu abarimu ba primaire batongejwe muri nyakanga kandi ministre w’ umurimo yari yavuze ko bazongezwa.turabemera.kandi abarimu bafite impamyabumenyi ya A2 bigisha muri secondaire nine years ntibitabwaho.murakoze

NIYONAGIRA CELESTIN yanditse ku itariki ya: 5-10-2012