Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1301 )

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!burya nta kitagira resultat(action)

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

MURAHO!NYAMARA NUBWO BAVUGANGO TWE GUSIMBUKA IMYAKA IMWE NIMWE YAMASHURI HARI ABAFITE ISHINGIRO AHA NDAVUGA ABIGA MU ISHURI RYSUMBUYE RYA GASENYI /KARONGI/ MUTUNTU SECTOR KUKO HABA ABARIMU BASHEKEJE CYANE UWITWA MUKAMANA ZELDA KUKO UBUYOBOZI BURAMUKUNDWAKAZA BUKANMUHA AMASOMO YINGENZI YOSE ATYABISHOBOYE, ATABONEKA TWABAZA BATI MUZAGE KUREGA AHO MUSHAKA NUKO UGAHITAMO KWIGENDERA UDATAYE IGIHE CYAWE.MUDUTABARE

anice yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

NYAMARA UWO MUPADIRI UWAMUKWEGEREZA URI UMUPOLICE YAKUBWIRAKO ATONGERA KWIRUKA,YAGERA KUBANDI ATI BURYA POLICE IRABANGAMYE!SIWE GUSA NABANDI BIYUMVEMO KO ICYOREZO GITWARA BENSHI NA BYINSHI ARI UMUVUDUKO WABATWARA.TURABYAMAGANYE PE!

IVAN yanditse ku itariki ya: 21-05-2013

ahaa!! uwo gitifu wi BUSORO nuwo mukagali ka Munyinya imiyoborere yabo irakabije

yanditse ku itariki ya: 18-05-2013

Ndashimira ibitaro bya polisi uburyo bikora ariko ndasaba ubuyobozi bwabyo ko bwareba imvune abakozi bahakora bahura nazo barebe uko bakongera abakozi kuko nibitaba ibyo ibyo twashimaga bizaba bibi kuko ntamuntu wakora nkuko nabonye bakora imyaka 5 niyo yayikora amafaranga akorera ntacyo yamumarira.murakoze bayobozi amanota muhabwa mwibuke ko muyakesha abakozi kdi mubahe agaciro kabakwiye .basomyi namwe muzigerereyo murebe.

yanditse ku itariki ya: 14-05-2013

UMUTEKANO WO MU MUHANDA N’UBUNGAWBUNGWE NEZA KUKO BITABAYE IBYO PADIRI MUTO WA PARUWASE YA RAMBURA YA ZAMARA ABANTU KUKO YIRUKA CYANE SINZI NIBA ARIJYE UBIBONA GUSA NAHANYU KUBIGENZURA N’ABISHINZWE.

Kayumba yanditse ku itariki ya: 13-05-2013

Mbanje kubasuhuza,mboneyeho gutabariza umuhanda wa masaka,abahantu bafite imodoka zarahashiriye pe.mutubwirire Paul Jules

murera mathias yanditse ku itariki ya: 12-05-2013

MURAHO BANYANYANZA,JYE NDASHIMA IMIKORERE YA BA EXECITIVES BA BUSORO ,KIGOMA NA MUYIRA.ARIKO NIBADUTABARE BASHYIRE HAMWE BAKORE IMIHANDA BAHURIRAMO KUKO NIZO NZIRA ZITUNZE BENSHI MU BUZIMA BUSANZWE.URUGERO ITEME RYA BUDUBI(KIGOMA) RITEYE IMPUNGE KWA KAJYAMBERE PATRICK,UMUHANDA UVA I BUSORO UJYA I NYAMURE KWA GASORE CLEMENT WARANGIRITSE CYANE,NIBADUKORESHE TWEBWE ABATURAGE KUKO BIDUFITIYE INYUNGU,(ESE IGIHE TIG ITABONETSE IBIKORWA REMEZO BIDUPFANE? NIMWIBAZE BAYOBOZI BACU.

KANYAMIHANDA yanditse ku itariki ya: 9-05-2013

TURASABA USHINZWE UBUREZI MU KARERE KO YANJYA AGENZURA IMYANDIRE YABANA BABONA IMISHINGA MURI BURI MURENGE KUKO USA ABANDIKWA BABA BAFITE ABABYEYI BISHOBOYE MURAKOZE NIGA MATIMBA T.T.C

MUVURIRA yanditse ku itariki ya: 8-05-2013

Birababaje ibo i Busoro niba ari ukuri koko , Nibatabare.Gusa turashima cyane Gitifu Jean Pierre NKUNDIYE wahoze ahayobora , yakora ga neza cyane , ni aho ari Imana imuhe amahoro n’imigisha.

Mudenge yanditse ku itariki ya: 8-05-2013

ariko reka mbabaze mumurenge wabusasamana (rubavu) ho inka zirinda zarwara uburenge ababishinzwe barihe ? iyo habaye umukwabo wokuzifata ko baboneka? gusa nibave mubiro begere abaturage murakoze.....

mutabazi j dela paix yanditse ku itariki ya: 8-05-2013

UYU MUNTU WITA ABANDI INJIJI NGO BARAVUGA NABI NKUNDAKOZERA Charles /etat civile wa BUSORO/NYANZA na MIGISHA Janvier ko barya ruswa mugutanga services.bishoboka ko ari janvier &Charles banditse basubiza uyu muntu utarashatse kwivuga kubera impamvu z’umutekano we.urebye umujinya bakoresheje basubiza bigaragara ko aribo (affaire social MIGISHA Janviere&Etat Civile NKUNDAKOZERA Charles)

Migi yanditse ku itariki ya: 3-05-2013

Ubwiherero bw’abatishoboye bw’ubatswe muri Busoro/nyanza akagari ka GITOVU aho bukera affaire sociale MUGISHA Janvier azishyura amafaranga yabutanzweho kuko uwo yizaniye Martin wiyitaga umufundi ngo abyiyitirire yarabitaye none abaturage byatuyobeye.Twifuza ko mwabidukurikiranira kuko iyo ureze umuyobozi usanga bagenzi be bakwishyizemo yewe numusimbuye akakurakarira,niyo mpamvu twitabaza ikorana buhanga.

TOHOZA ALEXIS yanditse ku itariki ya: 3-05-2013

akarere ka Nyanza iterambere rirakataje, ariko ubuyobozi nibutabare mu murenge wa kigoma abantu bafite ikibazo cyamazi. aho bavoma amazi yohasi yamesewemo, bogeyemo, bakwiye gutabarwa. nahubundi diarhee irabamara.

Musabe Florence yanditse ku itariki ya: 2-05-2013

Ibyo bivugwa kuri affaire social wa Busoro/nyanza nange ndabyemeza niba mutabyemera mubaze imyubakire y’ubwo bwiherero bw’abatihoboyeuko imeze.

HIRWA yanditse ku itariki ya: 1-05-2013

REKA MVUGE KU MAGAMBO YA OBAMA alias BINEZA;
Va mu mateshwa gana inzego z’ubuyobozi; uravugana ubukana bishoboke ko ufite ikibazo ntawahakana, ariko hari inzego za Leta, hari inzego z’umutekano hakaba n’inzego z’iperereza. reba urwo ugana. Busoro nyivukamo kandi ndayizi; twagize abayobozi banyuranye, ABARWANYI, ABASINZI, ABANGIZA IBIDUKIKIJE, ariko uko imyaka igenda itambuka ni nako ibintu birushaho kujya mu buryo; niba ari ikibazo wifitiye reka kudushyira mu kigare cyawe !!

BIMENYIMANA J Claude yanditse ku itariki ya: 1-05-2013

TURASHIMA nyakubahwa paul Kagame uko yifuza ko abana b’URda biga vuba kugirango bagendane n’igihe ariko gusimbuka ntawe ubishyigikiye gusa yitegereze mubajyanama afite, batazatuma tugwiza abanzi b’igihugu kuko burya ushobora gusanga ari umutego bamuteze wo kwisenyera inzu kdi bayicayemo.dukundishe abana kwiga kdi na mwalimu yibukwe kuko abo bose bavuga ibyo banyuze imbere ya mwalimu.RENGERA MWARIMU ABONE UKO ABONA IBIMUTUNGIRA UMURYANGO NAWE AZARERERA IGIHUGU HABONEKE UBUREZI BUFITE IREME.

BIRAKUREBA MUYOBOZI yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

Turashima Mayor wa nyanza uko ateza imbere nyanza na rayon sport ariko IMIHANDA IHUZA IMIRENGE YABAYE IMYOBO,IMIKUKU,NAKORE IBISHOBOKA IMIHANDA IKORWE NAHO UBUNDI IZI MODOKA ZAFASHAGA ABATURAGE MU NGENDO N’IZINDI SERVICE BIRAZA GUHAGARARA Cg AZANE INDEGE ZITWARA ABAGENZI MU MIRENGE IGIZE AKARERE KA NYANZA.

BUDUBI BUSORO RWABUSORO yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

service nziza se zahe ko abayobozi benshi usanga wagirango ibyo barimo ntibabisobanukiwe

yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

Banyarwanda,Banyarwandakazi nikoko isi yabaye iy’amafaranga ariko ntitwaguma kurebera abanyaga ubutunzi by’ igihugu banyunyuza imitsi y’abaturage mwitwaje y’uko ngo mwazamuwe munzego zifata ibyemezo mu mirenge.Nkasaba leta gukurikirana icyo kibazo naho barigisha abana babo gushakira indonke mubyibano nka bitugukwaha.

KARAKE K. yanditse ku itariki ya: 29-04-2013

Ntakibaho kitagira impamvu, njye nibaza icyatuma uwo etat civil wa Busoro avugwa bigeze aho? Ese ni imikorere myiza bamushima cyagwa ni ibikorwa bibi nk’ ibyi isiha rusahuzi cg nuko iyo bisa n’ibimenyekanye rimwe babona bimuwe bakajya kuyogoza ahandi bimuriwe? Nyje kubwange ibyavuzwe nabiha agaciro nkagenzura inkuru mbarirano dore ko ituba.Ubundi tukihesha agaciro dutanga service zinoze duteza imbere imiyoborere myiza.

INGORWA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013