Rutsiro: Yahisemo kubika urwibutso rudasanzwe rw’ibizamini bya Tronc Commun
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
Amagambo bikekwa ko uwishwe muri Jenoside yarimo asoma, yifashishijwe mu gukora Filimi
Bugesera FC irwana no kutamanuka itsinze Police FC (Amafoto)
Nyanza: Impanuka yahitanye abantu batatu
Kigali: Bashyinguye mu cyubahiro imibiri 99
Niko bimeze hose.
Niko abaswa bamera.
Niko abaswa bamera kuko guhubuka n’umwihariro wabo..........................
Rutsiro nikure niwamurenganya
uwo mwana ni danger kbx!!!!!
uwo mwana ibyo yakoze nibyabanyeshuri bose natwe turangiza nuko byagendaga si s3 gusa ahubwo na s6 niko byagenze!!!!!!!!!!!!
uwo mwana ibyo yakoze nibyabanyeshuri bose natwe turangiza nuko byagendaga si s3 gusa ahubwo na s6 niko byagenze!!!!!!!!!!!!
uwo mwana ni htri peee!!
Uyu mwana ni danger2 gusa byari bikomeye ubyumve
Uwomupeti nidanger kabisa ayoniyomahitamoye? Courage2
Uyu mwana ni 4 kbx ubuse iyishati ntazayicyenera.ubuse aramutse atsinze akajya nanone kukigo bambara amashati yumweru ntamafaranga afite yo kugura izindi uniforme.