Amavubi aripima na Ethiopia mu kwitegura Ghana

Kuri uyu wa gatanu kuri Stade Amahoro harabera umukino wa gicuti hagati y’Amavubi na Ethiopia guhera i Saa cyenda n’igice

Ku i Saa cyenda n’iminota 30,ikipe y’igihugu Amavubi iraza gukina umukino wa gicuti,umukino wo mu rwego rwo gutegura uzahuza na Ghana mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika kizabera muri Gabon mu mwaka wa 2017.

Uyu mukino kandi uranafasha igihugu cya Ethiopia kwitegura umukino bazaba basuyemo ibirwa bya Seychelles ubwo u Rwanda ruzaba rukina n’igihugu cya Ghana.

Amavubi akomeje imyitozo yo kwitegura Ghana
Amavubi akomeje imyitozo yo kwitegura Ghana

Abagize ikipe ya Ethiopia *Ethiopia Squad*

Abakinnyi bagize ikipe ya Ethiopia

Gebreyohans Abel Mamo (Muger Cement,Ethiopia), Delisho Tekalign Dejene (Dedebit, Ethiopia),Gebire Baye Gezahagn (Wolita Dicha,Ethiopia),Gebregiorgis Binyam Assefa (Ethiopia Coffee),Dagne Bereket Bogale (Arbaminch Kenema,Ethiopia),Ete Biruk Kelbore (Wolital Decha),Yiech Gathuoch Panom (Ethiopia Coffee), Hamza Mujib Kasim (Hawassa city), Bogale Moges Tadesse (Sidama Coffee,Ethiopia), Shferaw Zekariyas Tuji (St.George,Ethiopia), Ayele Firew Selemon (Defence,Ethiopia),Melka Aschalew Girma (Ethiopia Coffee), Melore Ephrem Ashamo (Eth. Banks),Omod Okwury (St.George, Ethiopia), Moges Seyoum Tesfaye (Dedebit, Ethiopia), Demessie Dawit Fekadu (Dedebit, Ethiopia), Seyoum Aschalew Tamene (Dedebit, Ethiopia),Alemu Tariku Getnet (Dedebit, Ethiopia), Tegegn Anteneh Tesfaye (Arba Minch, Ethiopia), Demte Benyam Belaye (Commercial Bank, Ethiopia), Bolado Mulualem Mesfen (Arba Minch, Ethiopia), Abera Bereket Yisshak (Dedebit,Ethiopia) na Aynekulu Lealem Birhanu (SidamaBuna,Ethiopia).

Ethiopia nayo iritegura umukino wa Seychelles
Ethiopia nayo iritegura umukino wa Seychelles

Ibiciro byo kwinjira muri Stade

VVIP:10,000 FRW
VIP: 5,000 FRW;
Mu ntebe z’umuhondo (ahatwikiriye):2,000 FRW
AHasigaye hose hadatwikiriye:1,000 FRW

Nyuma y’uyu mukino wa Ethiopia,u Rwanda ruzakina na Ghana i Kigali taliki ya 05 Nzeli 2015,nyuma yaho taliki ya 12 Nzeli 2015,rukine na Gabon mu mukino wa gicuti uri ku ngengabihe ya FIFA.

Sammy IMANISHIMWE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

hhh.nibyiza kubyo tubonye,gusa njye kugiti cyanjye ndabona amavubi azapfa gutsinda amavubi1-0ghana nabwo yakivunikiye.thanks murakoze.

Alexis sanchezi yanditse ku itariki ya: 29-08-2015  →  Musubize

AMAVUBI NUBWO AKAJIJE IMYITEGURO NDABONA GHANA IZAYATSINDA3-1

viateur yanditse ku itariki ya: 29-08-2015  →  Musubize

AMAVUBI AZATSINDWA 2/0

FAUSTINCHOIXDURE yanditse ku itariki ya: 28-08-2015  →  Musubize

AMAVUBI NUBWO ATSINZE ETHIOPIE SIMPAMYAKO AZATSINDA GHANA

FAUSTINCHOIXDURE yanditse ku itariki ya: 28-08-2015  →  Musubize

Imyidagaduro ni imwe munzira yo kubanisha abenegihugu, nimukomereze aho.

Isabane yanditse ku itariki ya: 28-08-2015  →  Musubize

AMAVUBI ARATSINDWA 2/0

GAKURU yanditse ku itariki ya: 28-08-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka