Nkunda Amahoro wamenyekanye cyane ku makaye yarakuze
Umwana Nkunda Amahoro wamamaye cyane ku makaye yo mu mashuri abanza, amakuru agera kuri Kigali Today aravuga ko ubu yabaye umusore utagira uko asa.
Abize mu mashuri abanza mu Rwanda cyane cyane abize mbere ya Jenosideyakorewe Abatutsi, muribuka amakayi y’ibifuniko byera bishushanyijeho ishusho y’umwana useka uteretse umusatsi ’Afro’.
Nyuma yo gucukumbura no gukora ubushakashatsi mu bantu bazi uwo mwana, by’umwihariko abanyabugeni, twaje kumenya ko uwo mwana ubu yavuyemo umusore mwiza cyane.
Hari abajyaga bibaza ko uriya mwana ari umukobwa, ukurikije uko agaragara ku ifoto.
Dore Nkunda Amahoro uko asigaye angana
Ibitekerezo ( 30 )
Ohereza igitekerezo
|
murakoze kuduha amateka yabyabihe mudushakire na claire wo kumavuta ya Sulfo
Muradusondetse kabisa! Ubu se koko iyi ni inkuru??!!!
njye ndibaza niba iyi nkuru mwabonye hari icyo yafasha abantu, nanjye ngo iyi nkuru, iyi si inkuru kabisa. muzajye muduha ibintu bisobanutse mureke gusondeka abantu bazi ubwenge. mbega mwebwe we!!!!!!!!!!!!!! murandakaje gusa
Muradusondetse, iyi nkuru ntiyuzuye kabisa!!! Ubu se koko iyi ni inkuru??!!!
Ndabona iyi nkuru itagaragaza ubunyamwuga bw’umunyamakuru,imeze nk’itarangiye
Ntimukatubeshye ariko ibyo byose ni ibishushanyo iyo ushaka kwerrka abantu ukuri nk umuntu wahahagaze nubwo cyaba ari igihsushanyo umwereka n ifoto ya nyiri gishushanyo amatsiko agashira none MWe muratwereka ibishushanyo gusa bitagira amafoto ya nyirayo