• Abatera igihugu cyacu ni abiyahuzi - Minisitiri Busingye

    Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, avuga ko abatera u Rwanda baturutse hanze yarwo abafata nk’abiyahuzi, cyane ko batera ariko ntibasubireyo kuko inzego z’umutekano ziba ziri maso.



  • Bakuyemo amatafari atatu babona inzira yo kwinjira mu nzu

    Nyagatare: Haravugwa abajura batobora inzu

    Ngwije Wilson wo mu Mudugudu wa Gihorobwa, Akagari ka Rutaraka, Umurenge wa Nyagatare yibwe Televiziyo abajura babanje gutobora inzu aryamyemo.



  • Abapolisi ba Zimbabwe basuye Polisi y’u Rwanda

    Itsinda ry’Abapolisi batanu bayobowe n’umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba mu gihugu cya Zimbabwe, Commissioner Erasmus Makodza bari mu Rwanda mu rugendo shuri rw’iminsi ine. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Ukwakira 2019, aba bapolisi bo mu gihugu cya Zimbabwe basuye Polisi y’u Rwanda.



  • Rusizi: Grenade yakomerekeje abantu bane

    Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ku wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019 mu masaha ya saa moya n’igice z’umugoroba, umuntu utahise amenyekana yateye Grenade mu Mujyi wa Kamembe mu Karere ka Rusizi.



  • Umwarimu muri Kaminuza arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 15

    Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare ukomoka muri Nigeria bamusanganye umwana w’umukobwa w’imyaka 15, atabwa muri yombi akekwaho gusambanya uwo mwana.



  • Rulindo: Inkongi yibasiye icumbi ry’abanyeshuri

    Inkongi y’umuriro yibasiye icumbi ry’abanyeshuri b’abahungu mu rwunge rw’abanyeshuri rwa APAPEC Murambi mu Karere ka Rulindo, amashanyarazi akaba ari yo yaketswe kuba intandaro y’uyu muriro.



  • Buri wese akwiye kugira gahunda ya Gerayo Amahoro iye - CP Kabera

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, ibi yabivuze ku wa gatatu tariki ya 16 Ukwakira 2019 mu nama yahuje ba nyiri amahoteli, utubari, abafite amacumbi (Logdes) n’utubyiniro (Night Clubs) bakorera mu Mujyi wa Kigali.



  • Umugezi wa Nyabarongo ujya uberaho impanuka za hato na hato. Aha ni mu Karere ka Kamonyi ahigeze kubera impanuka y

    Abantu batatu batwawe na Nyabarongo baburirwa irengero

    Abantu batatu barimo abana babiri na se wabo barohamye mu mugezi wa Nyabarongo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi baburirwa irengero.



  • Abafite ubumuga bw

    Abafite ubumuga bw’uruhu batewe impungenge no kwitwa ibicuruzwa bihenze

    Nzisabira Massu w’imyaka 40, avuga ko ubwo yari akiri i Burundi mu mwaka wa 2008 ngo yagiye mu kazi, umugore na we ajya guhaha ku isoko hafi aho, bagarutse basanga umukobwa wabo w’imfura witwaga Nzisabira Aline atari mu rugo.



  • Imodoka Igor Mabano yari atwaye ni uku yahindutse

    Igor Mabano akoze impanuka ikomeye

    Umuhanzi nyarwanda Igor Mabano akoze impanuka, ubwo imodoka yari atwaye yakatiraga iyari imusatiriye, agonga ikamyo arenga umuhanda ariko yaba we n’abo yari atwaye ntawuhasize ubuzima, gusa barakomeretse.



  • Aba Ofisiye basobanukiwe imiterere y

    Bahawe umukoro wo kurinda ubusugire bw’igihugu

    Aba Ofisiye 38 bo ku rwego rwa Kapiteni na Majoro, ku wa gatanu tariki ya 11 Ukwakira 2019 basoje amasomo y’icyiciro cya 13 bari bamazemo amezi ane mu Ishuri rikuru ry’igisirikari cy’u Rwanda riri i Nyakinama mu karere ka Musanze (Rwanda Defence Force Command and staff College).



  • RIB yemeje ko Ingabire Victoire yahamagajwe kubera ibitero by’i Musanze

    Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje Ingabire Umuhoza Victoire, umuyobozi w’ishyaka FDU-Inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda, kugira ngo abazwe ku kuba hari aho yaba ahuriye n’igitero cyagabwe mu karere ka Musanze mu mpera z’icyumweru gishize, kigahitana abantu 14, abandi 18 bagakomereka.



  • Abo mu nzego z

    Rubavu: Bongeye kwibutswa kuba ijisho ry’umutekano ku gihugu

    Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwari Alphonse hamwe n’abakuriye inzego z’umutekano mu Ntara y’Uburengerazuba bongeye kwibutsa abaturiye umupaka mu Karere ka Rubavu kuba ijisho ry’umutekano w’igihugu bakumira abashaka kuwuhungabanya.



  • Abagabye igitero mu Majyaruguru ngo bari bafite gahunda yo gufata igihugu

    Abantu batanu bafashwe mpiri ubwo bari bagabye igitero mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru baganiriye n’itangazamakuru ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki 06 Ukwakira 2019 bavuga ko bateye mu Rwanda bizeye gufata igihugu.



  • Batandatu bashyinguwe mu Murenge wa Musanze abandi bashyingurwa mu Murenge wa Kinigi

    Musanze: Abishwe n’abagizi ba nabi bashyinguwe

    Abantu 14 ni bo biciwe mu gitero cyagabwe n’abagizi ba nabi cyabereye mu tugari twa Kaguhu mu Murenge wa Kinigi no mu Kagari ka Kabazungu mu Murenge wa Musanze mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 4 Ukwakira 2019.



  • Mu Karere ka Musanze (mu ibara ry

    Abantu 19 mu bagabye igitero mu Majyaruguru barishwe

    Polisi y’u Rwanda iratangaza ko abantu 19 mu bagabye igitero mu Karere ka Musanze mu ijoro ryo ku itariki 04 rishyira tariki 05 Ukwakira 2019 bishwe abandi batanu bafatwa mpiri. Ibikorwa byo gushakisha uwo ari we wese wagize uruhare muri iki gitero birakomeje.



  • Polisi na FERWAFA batangije ubukanguramba bwa Gerayo Amahoro ku bibuga by’umupira

    Ku ikubitiro ubu bukangurambaga bwatangirijwe ku mukino wari wahuje Rayon Sports na Gasogi United ku wa gatandatu tariki ya 05 Ukwakira 2019.



  • Ubu bwicanyi bwabereye mu Karere ka Musanze (kari mu ibara ry

    Amajyaruguru: Abitwaje intwaro bishe abantu 8 abandi 18 barakomereka

    Mu ijoro ryo ku itariki 04 rishyira tariki 05 Ukwakira 2019, abagizi ba nabi biganjemo abitwaje intwaro gakondo bateye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze bica abaturage, abandi barabakomeretsa.



  • Mu Karere ka Nyagatare (mu ibara ry

    Abanyeshuri bafunzwe bakekwaho gukubita ubatekera

    Abanyeshuri babiri biga ku ishuri ryisumbuye rya TVET Cyondo mu Murenge wa Kiyombe bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Karama mu Karere ka Nyagatare bashinjwa gukubita ubatekera.



  • Gisagara: Imvura yasambuye ibyumba abanyeshuri bararamo

    Imvura yari ivanze n’umuyaga yaguye ahagana saa saba z’amanywa kuri uyu wa kane tariki 3 Ukwakira 2019 yasambuye ibyumba abahungu biga ku ishuri ryisumbuye rya Gikonko mu Karere ka Gisagara, batandatu barakomereka.



  • Gerayo Amahoro yakomereje mu nsengero

    Ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro bukomereje mu nsengero

    Ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu mihanda buzwi ku izina rya ‘Gerayo Amahoro’ burakomeje, aho kuwa gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2019, bwabereye mu rusengero rw’itorero rya Restoration Church riherereye mu mujyi wa Kigali.



  • Aba ni bamwe mu bafatiwe muri ubu bugenzuzi bw

    Abantu 15 barashinjwa kwiba umuriro w’amashanyarazi

    Ibikorwa byo kurwanya abiba umuriro w’amashanyarazi byakozwe mu cyumweru cyo kuva ku itariki 20 kugeza ku ya 27 Nzeri 2019 bisize abantu 15 bafashwe biba umuriro.



  • Bose uko ari 66 bageze mu Rwanda amahoro (Ifoto: UNHCR)

    Impunzi 66 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya

    Ku mugoroba wo ku wa kane tariki 26 Nzeri 2019, u Rwanda rwakiriye icyiciro cya mbere cy’impunzi zikuwe muri Libya.



  • Ntihabose Sothel (wa kabiri ibumoso) ni umwe mu bahoze mu rwego rwa DASSO wahawe ikiruhuko cy

    Aba DASSO bageze mu zabukuru batangiye gusezererwa

    Abagize urwego rw’umutekano rwa DASSO bageze mu zabukuru bo mu Karere ka Musanze, tariki ya 25 Nzeri 2019 batangiye gusezererwa basubizwa mu buzima busanzwe.



  • Kwa Eugène Hitimana muri konteri harimo zeru nyamara amatara yaka

    Huye: Bamwe mu biba amashanyarazi i Huye bafashwe

    Igenzura ryakozwe n’abakozi ba REG tariki 19 Nzeri 2019 ryafashe zimwe mu ngo ziba amashanyarazi ziherereye muri Karitsiye bakunze kwita Yapani, mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Cyarwa, Umurenge wa Tumba.



  • Abijuru wakubitiwe muri Uganda arembeye mu bitaro bya Kamonyi

    Abijuru wakubitiwe muri Uganda arembeye ku Kamonyi (Video)

    Undi Munyarwanda uvuga ko yari umunyeshuri muri Uganda, arembeye mu bitaro by’Akarere ka Kamonyi nyuma yo gukubitirwa i Kampala ku cyumweru gishize.



  • Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Marie Goretti Umutesi yavuze ko abaha abana inzoga batazihanganirwa

    Babiri bafashwe baha abana inzoga, utubari turafungwa

    Ni kenshi Polisi y’u Rwanda yagiye ikangurira Abanyarwanda cyane cyane abakora ubucuruzi bw’inzoga, nk’utubari, amaresitora ndetse n’amahoteli kwirinda guha abana ibisindisha cyangwa kubakoresha mu tubari.



  • DIGP Namuhoranye yasabye abacuruza utubari gufatanya na Polisi kurwanya impanuka ziterwa n

    Abacuruza inzoga biyemeje gufasha Polisi kurwanya impanuka zituruka ku businzi

    Abacuruza utubari bakorera mu mujyi wa Kigali biyemeje gufasha Polisi y’igihugu guhangana n’impanuka zo mu muhanda zituruka ku businzi.



  • Hari ibintu tudashobora kwihanganira – CP Mujiji

    Umuyobozi w’ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda muri Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) Rafiki Mujiji yabwiye abamotari bakorera umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu mujyi wa Kigali, bari bateraniye muri sitade ya Kigali i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge ku wa 19 Nzeri 2019 ko hari ibintu Polisi (…)



  • Abantu batandatu batawe muri yombi bazira kwiba umuriro w’amashanyarazi

    Mu cyumweru kimwe (kuva tariki 12 kugeza tariki 18 Nzeri 2019) inzego zishinzwe kugenzura ubujura bw’umuriro w’amashanyarazi zirimo Sosiyete ishinzwe ingufu mu Rwanda (REG), Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Polisi y’u Rwanda, zifatanyije n’abaturage, zataye muri yombi abantu batandatu bazira kwiba umuriro w’amashanyarazi.



Izindi nkuru: