Yakorewe iyicarubozo muri Uganda bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda (ubuhamya)

Umubyeyi witwa Nzamukosha Diane wageze mu Rwanda tariki 03 Gashyantare 2021 ari kumwe na bagenzi be bari bafungiye muri Uganda, yageze ku mupaka wa Kagitumba yicaye mu modoka atabashaga kwigenza n’amaguru.

Yakuwe mu modoka ateruwe na bagenzi be mu maboko, icyo ashobora ari ukwicara hasi no kuharyama gusa.

Usibye iyicarubozo avuga ko yakorewe, icyamushavuje cyane ngo ni umwana we yabuze kuko yatandukanye na we agifatwa akaba atazi aho uwo mwana aherereye.

Byinshi ku byamubayeho yabisobanuye muri iki kiganiro yahaye abanyamakuru:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka