Itangazo ryerekeranye n’urupfu rwa Professor Paul Farmer

Nyuma y’urupfu rwa Professor Paul Farmer, wari impuguke mu bijyanye n’ubuvuzi, ndetse wagize uruhare rukomeye mu guhindura urwego rw’ubuzima mu Rwanda, Kaminuza ya Global Health Equity (UGHE) yashinze, yihanganishije cyane umuryango we, abo bakoranaga muri Partners in Health no mu muryango mugari
wa UGHE.

Paul Farmer yitabye Imana tariki 21 Gashyantare 2022 afite imyaka 62 y'amavuko azize uburwayi
Paul Farmer yitabye Imana tariki 21 Gashyantare 2022 afite imyaka 62 y’amavuko azize uburwayi

Iyo kaminuza yasabye inshuti n’abavandimwe kuba hafi cyane cyane y’umuryango asize, muri ibi bihe bitoroshye, nk’uko bikubiye muri iri tangazo:

Inkuru bijyanye:

Dr Paul Farmer wateje imbere ubuvuzi mu Rwanda yitabye Imana

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka