Itangazo ryerekeranye n’urupfu rwa Professor Paul Farmer
Nyuma y’urupfu rwa Professor Paul Farmer, wari impuguke mu bijyanye n’ubuvuzi, ndetse wagize uruhare rukomeye mu guhindura urwego rw’ubuzima mu Rwanda, Kaminuza ya Global Health Equity (UGHE) yashinze, yihanganishije cyane umuryango we, abo bakoranaga muri Partners in Health no mu muryango mugari
wa UGHE.
Iyo kaminuza yasabye inshuti n’abavandimwe kuba hafi cyane cyane y’umuryango asize, muri ibi bihe bitoroshye, nk’uko bikubiye muri iri tangazo:
Inkuru bijyanye:
Dr Paul Farmer wateje imbere ubuvuzi mu Rwanda yitabye Imana
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|