Menya bimwe mu biribwa byangiza igifu n’uko wakwitwara igihe wakirwaye
Inzobere mu by’indwara z’imbere mu mubiri zigira abantu inama yo kwirinda kurya ibiribwa bimwe na bimwe kuko byangiza igifu igihe byafashwe ku rugero rwo hejuru.
Dr Hanna Aberra inzobere mu kuvura indwara z’imbere mu mubiri akorera ku bitaro byitiriwe umwami Faisal avuga ko ibiryo umuntu arya ndetse n’uburyo umuntu yitwara mu mibereho ye ari zimwe mu mpamvu zitera igifu kurwara.

Ati “Hari ibiryo abantu barya bigatuma igifu kirwara cyane harimo kurya ibiryo birimo urusenda ku kigero cyo hejuru, kurya indimu nyinshi, kurya Tungurusumu, Puwavuro, kunywa Tangawizi nyinshi, inzoga nyinshi, byangiza igifu ndetse n’umwijima.
Dr Hanna avuga ko iyo igifu cyarwaye gitangira kugira ikibazo cyo kwangirika ubwoya bukagenda buvaho kigasigara kiriho udusebe umuntu agatangira ku babara.
Indi mpamvu Dr Hanna avuga ishobora kwangiza igifu harimo imitekererezo ndetse rimwe na rimwe ntawatinya kuvuga ko imihangayiko (stress ) nayo itera igifu kurwara.
Hari udukoko natwo tuva mubiryo n’amazi byanduye iyo mikorobe yitwa Helcobacter pillory’ nayo itera igifu kurwara.
Ati “Iyo mikorobe iva mu biryo byanduye, ndetse n’amazi byanduye igihe byahuye n’usuku nke ndetse igihe byateguwe n’umuntu ufite iyo mikorobe.”
Kutarira ku masaha amwe, kurya udatekanye mu mutwe, kurya ibiryo byinsi nabyo biri mu bituma umuntu arwara igifu kubera imihindagurikire y’umubiri we.
Izindi mpamvu ishobora gutera igifu ni ikoreshwa ry’imwe mu miti izwiho kwangiza igifu nka’ anti-inflamatoires urugero ni nk’umutima wa Ubiprofene, aspirine ikoreshejwe mu buryo buhoraho, kunywa ndetse n’umuti witwa Defal.
Umuntu basanganye indwara y’igifu ni byiza ko arya ibiryo bidakomeye cyane ndetse bitanaremerera igifu mu gihe k’igogora.
Dr Hanna agira abantu inama uburyo bagomba kwitwaraigihe barwaye indwara y’igifu. Bimwe mu byo bagomba gukora ni uguhagarika ibiribwa byose birimo aside, ikindi kintu cy’ingeznzi umurwayi agomba gukora ni ukwirinda umubyibuho ukabije utajyanye n’indeshyo ye.
Ikindi ni ukwirinda kunywa itabi n’inzoga, kwirinda kuryama mbere y’amasaha 2 igihe umaze kurya, Kugabanya ibiro bibyibushya, kwirinda umutobe w’amacunga, n’icyayi kirimo indium (spicy tea) Kwirinda kwisegura igihe uryamye.
Ni byiza kugabanya gufata imiti itera itera igifu, no kugabanya ingano y’ibiryo, si byiza kandi kwambara imyambaro ihambiriye umuntu no kwizirika umukandara ugakomeza.
Dr Hanna agira inama abantu yo kwihutira kujya kwa muganga igihe bumva barwaye kugirango bavurwe hakirikare.
Ibitekerezo ( 39 )
Ohereza igitekerezo
|
Indwara yigifu ni indwara izengereza abantu benshi cyane,iyo noneho kirimo kukurya ubura amifato,ukabura uko Ugira, Nari maranye igifu imyaka itatu Narabuze neza neza uko nakira, nagiraga ibimenyetso birimo ikirungurira, gutura imibu byahato nahato, rimwe narimwe nkaruka, ntabwo nabashaga kurya umuceri na kawunga, igihe kimwe Rero naje Guhura Numusore wampaye imiti nayifashe iminsi 90, ubu narakize meze neza cyane, ubaye ukeneye 0783122103
Mwiriwe neza,
Amazina yange ni Clarisse,
Nange narwaye igifu igihe kirekire,imyaka 6,
Nagiye kwamuganga bampa imiti ariko cyanga gukira kuburyo cyagezeho kimvana kubiribwa byinshi cyane,
Gusa inshuti yange yaje kundangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumujyi wa kigali,
Njyayo bamva products nakoresheje amezi atatu gusa,
Igifu ubu cyarakize burundi maze imyaka 2, ntarongera kurwara igifu,
Niyo mpamvu bitewe nukuntu nzi igifu kiryana nange mbahaye ubu buhamya nanabaha number yumuganga wamfashije akampa imiti ngo umuntu ufite icyo kibazo nawe azamuhamagare cq amwandikire amufashe kuri 0796204581
Musubize
Indwara yigifu ni indwara izengereza abantu benshi cyane,iyo noneho kirimo kukurya ubura amifato,ukabura uko Ugira, Nari maranye igifu imyaka itatu Narabuze neza neza uko nakira, nagiraga ibimenyetso birimo ikirungurira, gutura imibu byahato nahato, rimwe narimwe nkaruka, ntabwo nabashaga kurya umuceri na kawunga, igihe kimwe Rero naje Guhura Numusore wampaye imiti nayifashe iminsi 90, ubu narakize meze neza cyane, ubaye ukeneye Nimero ze ( 0735454502
Nitwa Nikuze aline, ubuhamya bwanjye nkunze kubutanga, ahantu HAGIYE hatandukanye, nyuma yuko nabonye ko hari imbaga yabantu BENSHI,barwaye IGIFU, nkuko nanjye mbere nari meze, njyewe hashize umwaka umwe ,nyize IGIFU namaze imyaka 4 ndwaye IGIFU, byatangiye ndibwa MUNDA mugihe cyubukonje, ngira ngo nibisanzwe, nyuma yaho naje kujya numva ikirungurira kizamuka cyane bikambangamira, byageze naho ibiryo bikomeye kawunga,imyumbati,amateke mbivaho kuko iyo nabiryaga meze nabi umunsi wose naje kujya kwamuganga bambirako ndwaye IGIFU., ubwo nangira gufata imiti gutyo,
nafataga imiti yo kwamuganga bikoroha ariko nyuma yiminsi mike bikagaruka, nabaye murubwo muzima, ubwo kurya mugitondo byari byaranze imiti nayifashe igihe kinini ,kubwamahirwe hari umugabo wari wariganye numugabo wanjye yaradusuye n’uko tumutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa aturangiye kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali twagiyeyo ntakizere ,baduha products zabo nazikoresheje amezi 3, ndakira neza ubu ndarya sinyiribwa ndashima lmana ndetse nkashima inshuti yumuryango uwo waturangiye kujya kuricyo kigo, ubu BUHAMYA bwanjye reka mbuhagarikire aha ,nawe wifuza kubona ubufasha wabahamagara kuri 0783700426/0732509289
Musubize
Indwara yigifu ni indwara izengereza abantu benshi cyane,iyo noneho kirimo kukurya ubura amifato,ukabura uko Ugira, Nari maranye igifu imyaka itatu Narabuze neza neza uko nakira, nagiraga ibimenyetso birimo ikirungurira, gutura imibu byahato nahato, rimwe narimwe nkaruka, ntabwo nabashaga kurya umuceri na kawunga, igihe kimwe Rero naje Guhura Numusore wampaye imiti nayifashe iminsi 90, ubu narakize meze neza cyane, ubaye ukeneye Nimero ze ( 0735454502
Murakoze!
Nitwa Hakizimana jean pierre namaze igihe kirekire ndwaye indwara yigifu cyari cyaranzengereje kuburyo nahoraga mbabara mugifu cyari cyarankuye kubiryo byose kuburyo narimfite ibiro bike cyane nagarageje kwivuza ariko biranga kuko imiti ya kwamuganga ntacyo yamariraga kuko yangabanyirizaga ububabare ariko ariko nkongera nkaribwa naje guhura ninshuti yange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi wakigali baramvura ndakira ubu meze neza cyane nawe ubakeneye hamagara 0735454502 bagufashe
Mfite umurwayi babonyemo ikibyimba mu gifu ,ese mwamufasha gute?
Mfite umurwayi babonyemo ikibyimba mu gifu ,ese mwamufasha gute?
Ni indwara yabonewe igisubizo twagufasha ugakira burundu duhamagare tugufashe/+250790677705
Igifu ni indwara dukunze kutitaho cyangwa kuyifata nkiyoroheje ariko itera ingaruka zikomeye nkogutwara ubuzima bwabantu mureke tubungabunge ubuzima dukumira icyatera uburwayibwigifu wowe wazengerejwe nacyo cg ukaba uzi umuntu kirembeje hamagara iyi niméro tugufashe /+250790677705
Amahoro
ikibazo si uburwayi bw’igifu , umuntu ukirwaye we ni ngobwa cyane akeneye kwivuza kandi muburyo butamutera ibindi bibazo . hanyuma kuko buri muntu wese ashobora kurwara iyi ndwara mu buryo bumwe cyangwa ubundi . niyo mpamvu dukwiriye gufata ingamba zihamye ku buzima bwacu .
njye rero mbafitiye uburyo bwiza bwo kwirinda iyi ndwara no kwivuza iyi ndwara .
mutugane tubafashe (ubuzima buzima )
+250786430008
Igifu cyari cyaranzonze irega 6 naje guhura numuganga wamufashije gukira muminsi 75, ubu mbasha kurya byose Uwamfashije ukeneye Yuko agufasha +250786749542