Menya bimwe mu biribwa byangiza igifu n’uko wakwitwara igihe wakirwaye
Inzobere mu by’indwara z’imbere mu mubiri zigira abantu inama yo kwirinda kurya ibiribwa bimwe na bimwe kuko byangiza igifu igihe byafashwe ku rugero rwo hejuru.
Dr Hanna Aberra inzobere mu kuvura indwara z’imbere mu mubiri akorera ku bitaro byitiriwe umwami Faisal avuga ko ibiryo umuntu arya ndetse n’uburyo umuntu yitwara mu mibereho ye ari zimwe mu mpamvu zitera igifu kurwara.

Ati “Hari ibiryo abantu barya bigatuma igifu kirwara cyane harimo kurya ibiryo birimo urusenda ku kigero cyo hejuru, kurya indimu nyinshi, kurya Tungurusumu, Puwavuro, kunywa Tangawizi nyinshi, inzoga nyinshi, byangiza igifu ndetse n’umwijima.
Dr Hanna avuga ko iyo igifu cyarwaye gitangira kugira ikibazo cyo kwangirika ubwoya bukagenda buvaho kigasigara kiriho udusebe umuntu agatangira ku babara.
Indi mpamvu Dr Hanna avuga ishobora kwangiza igifu harimo imitekererezo ndetse rimwe na rimwe ntawatinya kuvuga ko imihangayiko (stress ) nayo itera igifu kurwara.
Hari udukoko natwo tuva mubiryo n’amazi byanduye iyo mikorobe yitwa Helcobacter pillory’ nayo itera igifu kurwara.
Ati “Iyo mikorobe iva mu biryo byanduye, ndetse n’amazi byanduye igihe byahuye n’usuku nke ndetse igihe byateguwe n’umuntu ufite iyo mikorobe.”
Kutarira ku masaha amwe, kurya udatekanye mu mutwe, kurya ibiryo byinsi nabyo biri mu bituma umuntu arwara igifu kubera imihindagurikire y’umubiri we.
Izindi mpamvu ishobora gutera igifu ni ikoreshwa ry’imwe mu miti izwiho kwangiza igifu nka’ anti-inflamatoires urugero ni nk’umutima wa Ubiprofene, aspirine ikoreshejwe mu buryo buhoraho, kunywa ndetse n’umuti witwa Defal.
Umuntu basanganye indwara y’igifu ni byiza ko arya ibiryo bidakomeye cyane ndetse bitanaremerera igifu mu gihe k’igogora.
Dr Hanna agira abantu inama uburyo bagomba kwitwaraigihe barwaye indwara y’igifu. Bimwe mu byo bagomba gukora ni uguhagarika ibiribwa byose birimo aside, ikindi kintu cy’ingeznzi umurwayi agomba gukora ni ukwirinda umubyibuho ukabije utajyanye n’indeshyo ye.
Ikindi ni ukwirinda kunywa itabi n’inzoga, kwirinda kuryama mbere y’amasaha 2 igihe umaze kurya, Kugabanya ibiro bibyibushya, kwirinda umutobe w’amacunga, n’icyayi kirimo indium (spicy tea) Kwirinda kwisegura igihe uryamye.
Ni byiza kugabanya gufata imiti itera itera igifu, no kugabanya ingano y’ibiryo, si byiza kandi kwambara imyambaro ihambiriye umuntu no kwizirika umukandara ugakomeza.
Dr Hanna agira inama abantu yo kwihutira kujya kwa muganga igihe bumva barwaye kugirango bavurwe hakirikare.
Ibitekerezo ( 39 )
Ohereza igitekerezo
|
Nitwa immaculate nange narwaye igifu igihe kingana n’imyaka 4 .Natangiye kukirwara nkiri muri secondaire,ntangiye kwivuza kuva icyo gihe ariko bikomeza kwanga kugeza n’aho naretse kujya ndya nkakoresha amata gusa nariyakiriye, Nyuma yaho masenge yandangiye umuntu aramfasha ampa Imiti nyikoresha neza ariko mu gihe cy’ukwezi narimaze gukira neza.Ubu ndamushimira cyane kuko yagaruye ubuzima bwange uwakenera ubufasha yamuhamagara kuri 0783122103 nawe akamufasha
Muramahoromwese mbifurije ubuzima buzima byumwihariko iyinindwara benshi twitiranya nokuribwamunda utayivuza hakirikare bikakuviramo kurwara canser (kanseri)yigifu niba ufite umuntu cyazahaje cyangwase nawe twaguhuzani ninzobere mukuyivura hamagara/0790677705/0724313368
*ubuhamya bwanjye uko nivuje igifu*
Nitwa Ikirezi cecile, ubuhamya bwanjye nkunze kubutanga, ahantu HAGIYE hatandukanye, nyuma yuko nabonye ko hari imbaga yabantu BENSHI barwaye IGIFU, nkuko nanjye mbere nari meze, njyewe hashize umwaka umwe ,nyize IGIFU namaze imyaka 4 ndwaye IGIFU, byatangiye ndibwa MUNDA mugihe cyubukonje, ngira ngo nibisanzwe, nyuma yaho naje kujya numva ikirungurira kizamuka cyane bikambangamira, byageze naho ibiryo bikomeye kawunga,imyumbati,amateke mbivaho kuko iyo nabiryaga nirirwaga meze nabi umunsi wose naje kujya kwamuganga bambirako ndwaye IGIFU cyamaside, ubwo nangira gufata imiti gutyo,
nafataga imiti yo kwamuganga bikoroha ariko nyuma yiminsi mike bikagaruka, nabaye murubwo muzima, ubwo kurya mugitondo byari byaranze imiti nayifashe igihe kinini ,kubwamahirwe hari umugabo wari wariganye numugabo wanjye yaradusuye n’uko tumutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa aturangiye kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali twagiyeyo ntakizere ,baduha products zabo nazikoresheje amezi 3, ndakira neza ubu ndarya sinyiribwa ndashima lmana ndetse nkashima inshuti yumuryango uwo waturangiye kujya kuricyo kigo, ubu BUHAMYA bwanjye reka mbuhagarikire aha ,nawe wifuza kubagana wabahamagara kuri +250783700426
Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye igifu cyaramuryaga cyane ndetse cyara mukuye kubiryo bimwe nabimwe cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza,, Nakurangira uwo Muganga n 0783122103 cg 0735454502iba nawe ukeneye Gufashw
Nitwa Nikuze aline, ubuhamya bwanjye nkunze kubutanga, ahantu HAGIYE hatandukanye, nyuma yuko nabonye ko hari imbaga yabantu BENSHI barwaye IGIFU, nkuko nanjye mbere nari meze, njyewe hashize umwaka umwe ,nyize IGIFU namaze imyaka 4 ndwaye IGIFU, byatangiye ndibwa MUNDA mugihe cyubukonje, ngira ngo nibisanzwe, nyuma yaho naje kujya numva ikirungurira kizamuka cyane bikambangamira, byageze naho ibiryo bikomeye kawunga,imyumbati,amateke mbivaho kuko iyo nabiryaga nirirwaga meze nabi umunsi wose naje kujya kwamuganga bambirako ndwaye IGIFU cyamaside, ubwo nangira gufata imiti gutyo,
nafataga imiti yo kwamuganga bikoroha ariko nyuma yiminsi mike bikagaruka, nabaye murubwo muzima, ubwo kurya mugitondo byari byaranze imiti nayifashe igihe kinini ,kubwamahirwe hari umugabo wari wariganye numugabo wanjye yaradusuye n’uko tumutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa aturangiye kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali twagiyeyo ntakizere ,baduha products zabo nazikoresheje amezi 3, ndakira neza ubu ndarya sinyiribwa ndashima lmana ndetse nkashima inshuti yumuryango uwo waturangiye kujya kuricyo kigo, ubu BUHAMYA bwanjye reka mbuhagarikire aha ,nawe wifuza kubagana wabahamagara kuri +250783700426
Nitwa Nikuze aline, ubuhamya bwanjye nkunze kubutanga, ahantu HAGIYE hatandukanye, nyuma yuko nabonye ko hari imbaga yabantu BENSHI,barwaye IGIFU, nkuko nanjye mbere nari meze, njyewe hashize umwaka umwe ,nyize IGIFU namaze imyaka 4 ndwaye IGIFU, byatangiye ndibwa MUNDA mugihe cyubukonje, ngira ngo nibisanzwe, nyuma yaho naje kujya numva ikirungurira kizamuka cyane bikambangamira, byageze naho ibiryo bikomeye kawunga,imyumbati,amateke mbivaho kuko iyo nabiryaga meze nabi umunsi wose naje kujya kwamuganga bambirako ndwaye IGIFU., ubwo nangira gufata imiti gutyo,
nafataga imiti yo kwamuganga bikoroha ariko nyuma yiminsi mike bikagaruka, nabaye murubwo muzima, ubwo kurya mugitondo byari byaranze imiti nayifashe igihe kinini ,kubwamahirwe hari umugabo wari wariganye numugabo wanjye yaradusuye n’uko tumutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa aturangiye kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali twagiyeyo ntakizere ,baduha products zabo nazikoresheje amezi 3, ndakira neza ubu ndarya sinyiribwa ndashima lmana ndetse nkashima inshuti yumuryango uwo waturangiye kujya kuricyo kigo, ubu BUHAMYA bwanjye reka mbuhagarikire aha ,nawe wifuza kubona ubufasha wabahamagara kuri
Nitwa immaculate nange narwaye igifu igihe kingana n’imyaka 4 .Natangiye kukirwara nkiri muri secondaire,ntangiye kwivuza kuva icyo gihe ariko bikomeza kwanga kugeza n’aho naretse kujya ndya nkakoresha amata gusa nariyakiriye, Nyuma yaho masenge yandangiye umuntu aramfasha ampa Imiti nyikoresha neza ariko mu gihe cy’ukwezi narimaze gukira neza.Ubu ndamushimira cyane kuko yagaruye ubuzima bwange uwakenera ubufasha yamuhamagara kuri 0793182119 nawe akamufasha
Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye igifu cyaramuryaga cyane ndetse cyara mukuye kubiryo bimwe nabimwe cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza,, Nakurangira uwo Muganga n 0783122103 cg 0735454502iba nawe ukeneye Gufashw
Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye igifu cyaramuryaga cyane ndetse cyara mukuye kubiryo bimwe nabimwe cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza,, Nakurangira uwo Muganga n 0792940838 cg 0734673660niba nawe ukeneye Gufashwa
Nitwa Nikuze aline, ubuhamya bwanjye nkunze kubutanga, ahantu HAGIYE hatandukanye, nyuma yuko nabonye ko hari imbaga yabantu BENSHI,barwaye IGIFU, nkuko nanjye mbere nari meze, njyewe hashize umwaka umwe ,nyize IGIFU namaze imyaka 4 ndwaye IGIFU, byatangiye ndibwa MUNDA mugihe cyubukonje, ngira ngo nibisanzwe, nyuma yaho naje kujya numva ikirungurira kizamuka cyane bikambangamira, byageze naho ibiryo bikomeye kawunga,imyumbati,amateke mbivaho kuko iyo nabiryaga meze nabi umunsi wose naje kujya kwamuganga bambirako ndwaye IGIFU., ubwo nangira gufata imiti gutyo,
nafataga imiti yo kwamuganga bikoroha ariko nyuma yiminsi mike bikagaruka, nabaye murubwo muzima, ubwo kurya mugitondo byari byaranze imiti nayifashe igihe kinini ,kubwamahirwe hari umugabo wari wariganye numugabo wanjye yaradusuye n’uko tumutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa aturangiye kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali twagiyeyo ntakizere ,baduha products zabo nazikoresheje amezi 3, ndakira neza ubu ndarya sinyiribwa ndashima lmana ndetse nkashima inshuti yumuryango uwo waturangiye kujya kuricyo kigo, ubu BUHAMYA bwanjye reka mbuhagarikire aha ,nawe wifuza kubona ubufasha wabahamagara kuri,0792940838 cg 0734673660
Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye igifu cyaramuryaga cyane ndetse cyara mukuye kubiryo bimwe nabimwe cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza,, Nakurangira uwo Muganga n 0783122103 cg 0735454502iba nawe ukeney
Mwiriwe nez
Nitwa dusenge
Kubera nzi uko igifu kiryana nifuje kubasangiza aya makuru,
Nari ndwaye ndwaye igifu nkimaranye imyaka 2, nari narivuje cyaranze gukira
Cyari cyaramaze kundenga kuburyo haro ibyo kurya bimwe na bimwe nari maze kureka,
Nyuma naje guhura numuntu andangira ikig cyabanyamerika gikorera mumujyi wa kigali
Naje kujyayo ariko ntakizere mfite bitewe nukuntu nababaraga
Gusa baje kumfasha bampa products ndazikoresha mugihe cyamezi abiri nari maze gukira
Gusa nakomeje kuzikoresha bitewe nubwoba nari mfite ko gushobora kugaruka, ariko baje kumbwira ko bishoboka ko nahagarika gufata products
Ubu maze umwaka wose narakize igifu
Kitaragaruka
Bitewe nukuntu nzi igifu kiryana ndabwira umuntu wese waba akirwaye ko yagana icyi kigo bakamufasha
Ushak ko bagufasha wabahamagara kuri iyi number
+250794462699