
Byavugiwe mu gikorwa cy’ubukangurambaga kuri kanseri y’ibere no gupima abagore n’abakobwa iyi ndwara kugira ngo bamenye uko bahagaze, cyabaye kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2016.
Icyo gikorwa cyireba kireba ahanini abafite imyaka 35 no hejuru yayo kuko ngo ari bo ikunze kwibasira.
Dr Uwinkindi François, umukozi w’Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) ukuriye gahunda yo kurwanya kanseri, avuga ko hari ibimenyetso byihariye bigaragaza kanseri y’ibere.
Agira ati “Mu bimenyetso bikomeye harimo utubyimba tudasanzwe mu ibere, imoko itebera, kubona ibintu by’uruzi biza mu ibere utonsa no kubona ibere ryahishije.
Umuntu ubonye kimwe muri ibi bimenyetso yakwihutira kujya kwa muganga.”
Akomeza avuga ko mu Rwanda buri mwaka hagaragara abantu 600 bafite kanseri y’ibere. Kandi ngo 60% muri ntibakira, bazira kutivuza kare kuko ngo iyo bitinze ijya mu bindi bice by’umubiri kuyivura ntibikunde.

Igikorwa cy’ubukangurambaga kuri Kanseri cyateguwe n’umuryango wigenga wita ku buzima (SFH) ku bufatanye na MINISANTE.
Uwitwa Jacqueline, wari waje muri icyoi gikorwa kwipomisha, avuga ko yaje kubera ibimenyetso byamugaragayeho.
Agira ati “Nabonaga imoko y’ibere ryanjye yatebeye kandi ngo ari kimwe mu bimeneyetso bya kanseri.
Naje rero ngo bandebere niba ari kanseri kuko n’ubu numvamo umusonga, bityo nivuze hakiri kare kuko gutinda ngo bidatanga amahirwe yo gukira.”
Mugenzi we witwa Mukashyaka Veneranda avuga ko iki gikorwa ari ingenzi.
Agira ati “Iki gikorwa n’ingirakamaro ku buzima bwacu kuko batubwiye ko iyo umuntu yipimishije atararemba avurwa agakira mu gihe twari tuzi ko urwaye kanseri aba ategereje urupfu gusa.”

Kwizera Bosco ushinzwe ibikorwa muri SFH, avuga ko uwo basanganye ibimenyetso by’iyi ndwara agirwa inama.
Agira ati “Uwo basanganye ibimenyetso byayo agirwa inama ndetse abaganga bakaba bamwohereza ku bitaro bivura kanseri kandi iyo imenyekanye kare aravurwa agakira”.
Ohereza igitekerezo
|
Mwiriweneza?? ndagira ngo Mbahe ubuhamya bwange!!
Nitwa Eline mperereye I burera mfite IMYAKA 42 barwaye cancel mfite umwana umwe ubwo narimfite Imyaka 27. Naje gufatwa na cancel yibere sindabimenya NKOMEZA kubyita ibiraho.
So nyuma naje kumenya ko ariyo njya kwamuganga barampima Ndetse batangira no kumvura ariko bikomeza kwanga bambwira ko bazaribaga bakarica itarakwira hose.
NAHISE ngira ubwoba ndiheba nutangira kuraga kuko numvaga nibambaga ntazabaho Dore ko narinkiri Muto pe!!
Gusa baje kundangira ikigo gikorera mu Rwanda hariya mu Mujyi I Kigali
Sha narabahamagaye bansobanurira uko bakora banyandukira IBININI 120 ku kwezi Kandi ngomba kubifata byibuze amezi 4.
Eeee nagize ubwoba gusa kuko nasanze Ari IMITI IKOZE mubimera bambwiye ko ntangaruka zindi yagira kubuzima
Sha narabifashe UKWEZI kwambere numva imisonga itangiye kujya igabanuka
Nshuti ntakubeshye nyuma yamezi 3.5 narimaze gukira ntabazwe( MVUGIRA UTI no operation)
Rero nshuti yange sinakwishimira kumva ubagwa kubera cancel yibere cg ikuzahaza kuko burya AMAGARA niyo yambere
Fata nimero zumwe mubantu bakora ahohantu nawe uzababugishe ndabizi bazagufasha pe.
0783122103
Mwiriweneza?? ndagira ngo Mbahe ubuhamya bwange!!
Nitwa Eline mperereye I burera mfite IMYAKA 42 barwaye cancel mfite umwana umwe ubwo narimfite Imyaka 27. Naje gufatwa na cancel yibere sindabimenya NKOMEZA kubyita ibiraho.
So nyuma naje kumenya ko ariyo njya kwamuganga barampima Ndetse batangira no kumvura ariko bikomeza kwanga bambwira ko bazaribaga bakarica itarakwira hose.
NAHISE ngira ubwoba ndiheba nutangira kuraga kuko numvaga nibambaga ntazabaho Dore ko narinkiri Muto pe!!
Gusa baje kundangira ikigo gikorera mu Rwanda hariya mu Mujyi I Kigali
Sha narabahamagaye bansobanurira uko bakora banyandukira IBININI 120 ku kwezi Kandi ngomba kubifata byibuze amezi 4.
Eeee nagize ubwoba gusa kuko nasanze Ari IMITI IKOZE mubimera bambwiye ko ntangaruka zindi yagira kubuzima
Sha narabifashe UKWEZI kwambere numva imisonga itangiye kujya igabanuka
Nshuti ntakubeshye nyuma yamezi 3.5 narimaze gukira ntabazwe( MVUGIRA UTI no operation)
Rero nshuti yange sinakwishimira kumva ubagwa kubera cancel yibere cg ikuzahaza kuko burya AMAGARA niyo yambere
Fata nimero zumwe mubantu bakora ahohantu nawe uzababugishe ndabizi bazagufasha pe.0783122103
Mwiriweneza?? ndagira ngo Mbahe ubuhamya bwange!!
Nitwa Eline mperereye I burera mfite IMYAKA 42 barwaye cancel mfite umwana umwe ubwo narimfite Imyaka 27. Naje gufatwa na cancel yibere sindabimenya NKOMEZA kubyita ibiraho.
So nyuma naje kumenya ko ariyo njya kwamuganga barampima Ndetse batangira no kumvura ariko bikomeza kwanga bambwira ko bazaribaga bakarica itarakwira hose.
NAHISE ngira ubwoba ndiheba nutangira kuraga kuko numvaga nibambaga ntazabaho Dore ko narinkiri Muto pe!!
Gusa baje kundangira ikigo gikorera mu Rwanda hariya mu Mujyi I Kigali
Sha narabahamagaye bansobanurira uko bakora banyandukira IBININI 120 ku kwezi Kandi ngomba kubifata byibuze amezi 4.
Eeee nagize ubwoba gusa kuko nasanze Ari IMITI IKOZE mubimera bambwiye ko ntangaruka zindi yagira kubuzima
Sha narabifashe UKWEZI kwambere numva imisonga itangiye kujya igabanuka
Nshuti ntakubeshye nyuma yamezi 3.5 narimaze gukira ntabazwe( MVUGIRA UTI no operation)
Rero nshuti yange sinakwishimira kumva ubagwa kubera cancel yibere cg ikuzahaza kuko burya AMAGARA niyo yambere
Fata nimero zumwe mubantu bakora ahohantu nawe uzababugishe ndabizi bazagufasha pe.
Nimero zabo ni . 0790048658 or 0738299235
Wanabandikira kuri WhatsApp kurizo nimero zose.
Murakoze
Ko bavugako imiti ilinganiza urubyaro aribyo nyirabayaza ngokera ntibyabagaho kucibwa amabere?
Muraho jyewe ibere ryanjye ryibumoso rirandya mba numva ririmo imisonga nkumva harimo nikintu gikomeye none nakanze havamo ibintu bimeze nkamashyira mkomeje gukanda haza amaraso kdi impoko irababara maze ukwezi mvuye kwamuganga bampaye imiti ariko nubu nfacyababara none ubwo si cancer?
Mwiriweneza?? Mama ndagira ngo nkuhe ubuhamya bwange!!
Nitwa Eline mperereye I burera mfite IMYAKA 42 barwaye cancel mfite umwana umwe ubwo narimfite Imyaka 27. Naje gufatwa na cancel yibere sindabimenya NKOMEZA kubyita ibiraho.
So nyuma naje kumenya ko ariyo njya kwamuganga barampima Ndetse batangira no kumvura ariko bikomeza kwanga bambwira ko bazaribaga bakarica itarakwira hose.
NAHISE ngira ubwoba ndiheba nutangira kuraga kuko numvaga nibambaga ntazabaho Dore ko narinkiri Muto pe!!
Gusa baje kundangira ikigo gikorera mu Rwanda hariya mu Mujyi I Kigali
Sha narabahamagaye bansobanurira uko bakora banyandukira IBININI 120 ku kwezi Kandi ngomba kubifata byibuze amezi 4.
Eeee nagize ubwoba gusa kuko nasanze Ari IMITI IKOZE mubimera bambwiye ko ntangaruka zindi yagira kubuzima
Sha narabifashe UKWEZI kwambere numva imisonga itangiye kujya igabanuka
Nshuti ntakubeshye nyuma yamezi 3.5 narimaze gukira ntabazwe( MVUGIRA UTI no operation)
Rero nshuti yange sinakwishimira kumva ubagwa kubera cancel yibere cg ikuzahaza kuko burya AMAGARA niyo yambere
Fata nimero zumwe mubantu bakora ahohantu nawe uzababugishe ndabizi bazagufasha pe.
Nimero zabo ni . 0790048658 or 0738299235
Wanabandikira kuri WhatsApp kurizo nimero zose.
Murakoze
Ngewe nunva ikibyimba kwibere mwafasha iki narikanda hakavamo ibinu bimeze nkamazi mwafasha iki 🙏🙏🙏🙏🙏😭💯
Muraho, njyewe navutse kwibere rimwe ryanjye hariho impoko nakandi kuruhande kameze nkakamoko cg agahere gatoya ark ntacyintu kanwaraga kuko nabonaga nabandi bagafite ark kurako nakita akamoko gato hajeho agaheri hazamo udushyira noneho karameneka havamo udushyira ark iyo nkanze kwibere mpimbere mbanumva ikintu kimeze nkikibyimba. Mumfashe munsobanurire
Murakoze!
Muraho, njyewe navutse kwibere rimwe ryanjye hariho impoko nakandi kuruhande kameze nkakamoko cg agahere gatoya ark ntacyintu kanwaraga kuko nabonaga nabandi bagafite ark kurako nakita akamoko gato hajeho agaheri hazamo udushyira noneho karameneka havamo udushyira ark iyo nkanze kwibere mpimbere mbanumva ikintu kimeze nkikibyimba. Mumfashe munsobanurire
Murakoze!
Mwiriwe,njyewe ibere ryanjye ry’iburyo habamo akabyimba iyo nkanzeho karandya gusa hajya hazamo udusonga ariko imoko nta kibazo zifite rero nagize ubwoba none yaba ari cancer??
Murakoze
Ngewe nunva ikibyimba kwibere mwafasha iki 🙏🙏
Hello! Mfite imyaka 25 ndi umukobwa amabere yanjye yombi imoko iratebera iyo nyakanze havamo utuzi rimwe na rimwe tukaza tuvanze mo amaraso ese ubwo byaba ari ibimenyetso byuko narwaye iyo cancer? Murakoze
Hello! Mfite imyaka 25 ndi umukobwa amabere yanjye yombi imoko iratebera iyo nyakanze havamo utuzi rimwe na rimwe tukaza tuvanze mo amaraso ese ubwo byaba ari ibimenyetso byuko narwaye iyo cancer? Murakoze
Mwiriwe neza njyewe kwibera kuruhande rw’iburyo hajeho akantu gatutubye nkakarimo amazi ariko gakomeye ngira imisonga mumabere yose mukwahwa ubwo ni cancer?ese ushaka kuyisuzumisha yajya hehe murakoze
Ibere ryange rirandya kandi rizamo utuzi Duke iyo ndikanze ubwo nicanceri?
Muraho mwi bere ryanjye ryi buryo hazamo imisonga rimwe na rimwe. Arko nta tubyimba turimo. Ese nayo yaba Ari cancer ???
Mudumagare kuri 0790217851tubafashe