Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti
Umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko w’amaraso ukabije byongera ibyago byo kugira amaraso yipfundika mu mitsi ntagere ku mutima bikawubuza gukora (heart attacks), n’indwara z’umutima.

Ibyo bisobanurwa na Dr. Beth Abramson, inzobere mu by’ubuvuzi bw’indwara z’umutima, wo mu itsida ryo mu Kigo cyo muri Amerika, rikurikirana iby’ubuzima bw’umutima n’umuvuduko w’amaraso ukabije.
Dr Abramson yagize ati "Uretse ibyo abantu batekereza, ntibashobora kugenzura uko umuvuko w’amaraso wabo umeze, kandi ni rwica ruhoze (silent killer)."
Uwo muganga avuga ko byaba byiza abantu bagiye bajya kwa muganga bakipimisha bakamenya uko umuvuduko w’amaraso wabo umeze, nibura inshuro imwe mu mwaka.
Dr. Abramson aganira na ‘Insider’ dukesha iyi nkuru, yavuze ko umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora kugabanuka, bidasabye imiti yo kwa muganga, akavuga bimwe mu byafasha kuwugabanya harimo gukora siporo, kurya indyo iboneye, kugabanya umunyu n’ibindi.
Gukora siporo nibura gatatu mu cyumweru
Dr Abramson ati "Gukora siporo cyangwa se imyitozo ngororamubiri bishobora kugabanya umuvuduko ukabije w’amaraso ku buryo bwiza, bidasabye imiti".
Avuga ko umuntu yagombye gukora siporo iminota 30, akayikora inshuro eshatu mu cyumweru, kuko ibyo byafasha mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije.
Siporo kandi ngo ni umwitozo wose, utuma umuntu ahumeka cyane, akabira ibyuya, ku buryo umutima ukora cyane.
Uwo muganga asobanura ko umuntu yahitamo siporo yumva akunda, ariko akajya ayikora ku buryo buhoraho, ikaba akamenyero.
Yagize ati "Ntibisaba kujya mu nzu zikorerwamo siporo, kuko no kugenda gusa, bizana impinduka nini. Gukora gatatu mu cyumweru ni zo nshuro nkeya zishoboka, ariko uko ukora siporo kenshi, ni ko urushaho kuringaniza umuvuduko w’amaraso”.
Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko gukora siporo mu minota hagati ya 30-60 mu cyumweru bigabanya umuvuduko w’amaraso ukabije, ariko gukora siporo hagati y’iminota 61-90 mu cyumweru, bikawugabanya kurushaho.
Kugabanya ibiro niba ari ngombwa
Dr. Abramson yagize ati "Kugabanya ibiro n’ubwo hagabanukaho bikeya ku muntu usanganywe iby’umurengera, biba bifite icyo bimaze cyane mu bijyanye no kugenzura umuvuduko w’amaraso ukabije".
Kunywa inzoga nkeya
Dr Abramson yavuze ko hari isano ikomeye hagati yo kunywa inzoga no kugira umuvuduko ukabije w’amaraso.
Yagize ati "Niba abantu banywa inzoga inshuro ebyiri cyangwa se eshatu ku munsi, n’umuvuduko w’amaraso uzazamuka."
Dr. Abramson avuga ko umuntu aba akwiye kubaza umuganga niba anywa inzoga nyinshi, akurikije urugero rw’izo anywa.
Kugabanya ingano y’umunyu wo kurya
Uwo muganga yavuze ko kugabanya ingano y’umunyu umuntu arya, bigira akamaro mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije.

Hari abantu bagira ikibazo cy’umunyu, ku buryo iyo bawuriye, umuvuduko w’amaraso wabo uzamuka kubera ‘sodium’ iba mu munyu. Kuri abo bantu, biba byiza iyo bagabanyije ingano y’uwo barya.
Kugerageza kurya indyo iboneye
Dr. Abramson yavuze ko kwita ku ndyo iboneye, bigira akamaro gakomeye mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije, ariko bikagira n’akamaro mu gutuma ubuzima buba bwiza muri rusange.
Indyo iboneye nk’uko Dr Abramson yabisobanuye, ijyana no kugabanya kurya inyama zitukura no kurya imbuto n’imboga byinshi.
Ibitekerezo ( 47 )
Ohereza igitekerezo
|
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga 0783122103
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga 0783122103
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga 0783122103
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga 0784122103
Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraa cyane hamagara 0783122103
umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0785686682 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha0783122103
*UMUVUDUKO WAMARASO*
Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0794555304/0735563903
URAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!
Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.
Iyo ni nimero y’uwo muganga
0783122103
ese iy miti igura angahe nkawe wafashe iya 2mounths wishyuye angahe ?
Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye umutima, umuvuduko wamaraso we wari hejuru cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza, Numuvuduko uri normal, Nakurangira uwo Muganga niba nawe ukeneye Gufashwa 0783122103
( 38 )
Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri
0735454502
Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660