Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti

Umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko w’amaraso ukabije byongera ibyago byo kugira amaraso yipfundika mu mitsi ntagere ku mutima bikawubuza gukora (heart attacks), n’indwara z’umutima.

Indyo iboneye ni ingenzi
Indyo iboneye ni ingenzi

Ibyo bisobanurwa na Dr. Beth Abramson, inzobere mu by’ubuvuzi bw’indwara z’umutima, wo mu itsida ryo mu Kigo cyo muri Amerika, rikurikirana iby’ubuzima bw’umutima n’umuvuduko w’amaraso ukabije.

Dr Abramson yagize ati "Uretse ibyo abantu batekereza, ntibashobora kugenzura uko umuvuko w’amaraso wabo umeze, kandi ni rwica ruhoze (silent killer)."

Uwo muganga avuga ko byaba byiza abantu bagiye bajya kwa muganga bakipimisha bakamenya uko umuvuduko w’amaraso wabo umeze, nibura inshuro imwe mu mwaka.

Dr. Abramson aganira na ‘Insider’ dukesha iyi nkuru, yavuze ko umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora kugabanuka, bidasabye imiti yo kwa muganga, akavuga bimwe mu byafasha kuwugabanya harimo gukora siporo, kurya indyo iboneye, kugabanya umunyu n’ibindi.

Gukora siporo nibura gatatu mu cyumweru

Dr Abramson ati "Gukora siporo cyangwa se imyitozo ngororamubiri bishobora kugabanya umuvuduko ukabije w’amaraso ku buryo bwiza, bidasabye imiti".

Avuga ko umuntu yagombye gukora siporo iminota 30, akayikora inshuro eshatu mu cyumweru, kuko ibyo byafasha mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije.

Siporo kandi ngo ni umwitozo wose, utuma umuntu ahumeka cyane, akabira ibyuya, ku buryo umutima ukora cyane.

Uwo muganga asobanura ko umuntu yahitamo siporo yumva akunda, ariko akajya ayikora ku buryo buhoraho, ikaba akamenyero.

Yagize ati "Ntibisaba kujya mu nzu zikorerwamo siporo, kuko no kugenda gusa, bizana impinduka nini. Gukora gatatu mu cyumweru ni zo nshuro nkeya zishoboka, ariko uko ukora siporo kenshi, ni ko urushaho kuringaniza umuvuduko w’amaraso”.

Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko gukora siporo mu minota hagati ya 30-60 mu cyumweru bigabanya umuvuduko w’amaraso ukabije, ariko gukora siporo hagati y’iminota 61-90 mu cyumweru, bikawugabanya kurushaho.

Kugabanya ibiro niba ari ngombwa

Dr. Abramson yagize ati "Kugabanya ibiro n’ubwo hagabanukaho bikeya ku muntu usanganywe iby’umurengera, biba bifite icyo bimaze cyane mu bijyanye no kugenzura umuvuduko w’amaraso ukabije".

Kunywa inzoga nkeya

Dr Abramson yavuze ko hari isano ikomeye hagati yo kunywa inzoga no kugira umuvuduko ukabije w’amaraso.
Yagize ati "Niba abantu banywa inzoga inshuro ebyiri cyangwa se eshatu ku munsi, n’umuvuduko w’amaraso uzazamuka."

Dr. Abramson avuga ko umuntu aba akwiye kubaza umuganga niba anywa inzoga nyinshi, akurikije urugero rw’izo anywa.

Kugabanya ingano y’umunyu wo kurya

Uwo muganga yavuze ko kugabanya ingano y’umunyu umuntu arya, bigira akamaro mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije.

Imyitozo ngororamubiri ihoraho
Imyitozo ngororamubiri ihoraho

Hari abantu bagira ikibazo cy’umunyu, ku buryo iyo bawuriye, umuvuduko w’amaraso wabo uzamuka kubera ‘sodium’ iba mu munyu. Kuri abo bantu, biba byiza iyo bagabanyije ingano y’uwo barya.

Kugerageza kurya indyo iboneye

Dr. Abramson yavuze ko kwita ku ndyo iboneye, bigira akamaro gakomeye mu kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije, ariko bikagira n’akamaro mu gutuma ubuzima buba bwiza muri rusange.

Indyo iboneye nk’uko Dr Abramson yabisobanuye, ijyana no kugabanya kurya inyama zitukura no kurya imbuto n’imboga byinshi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 35 )

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara 0783122103. +250783122103

kamana james yanditse ku itariki ya: 8-05-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagar 0783122203

kamana james yanditse ku itariki ya: 4-05-2025  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane hamagara 0783122103

Gaterega eric yanditse ku itariki ya: 3-05-2025  →  Musubize

batamubaze nagira inama yo kuzajyayo kwivuza nkarebako haricyo bitanga nagiyeyo baramfasha ubu uyumwaka mezeneza narakize nyuma yamezi2 nari maze gukira neza neza numwijima urakira ubu ndashima imana kuba narabone ubuvuzi bwiza nyuma niyemeje guha amakuru abantu benshi batandukanye namwe

mubagane babafashe iyi niyo nimero yabo 0792940838/07346673660 bakoreta mumugi wakigali mwabagana bakabasha murakoze cyaKsamwe muzatange ubuhamya bifasha benshi Whatsapp yabo ni0792940838

kamanzi James yanditse ku itariki ya: 26-02-2025  →  Musubize

Murakoze mukecuru wange yari afite ikibazo cyumuvuduko wamaaraso akimaranye igihe kinini umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose yari abifite kubwa mahirwe nahuye numuganga uvurisha imiti yo muri america aramfadha ubu ameze neza rwose nawe ubakeneye wabahamagara kuri 0783122103

Kevin yanditse ku itariki ya: 22-02-2025  →  Musubize

Uwu muganga akorerahe nyirizina

Alias yanditse ku itariki ya: 29-04-2025  →  Musubize

IBIMENYETSO MPURUZA BYEREKANA KO UFITE UMUVUDUKO WA MARASO UKIBYIBONAHO WIHUTIRE KWA MUGANGA(Twandikire tugufashe +250789196606/+250725696620)

Umuvuduko w’amaraso (hypertension cyangwa hypotension) ushobora kugira ibimenyetso bitandukanye, bitewe n’uko uri hejuru (high blood pressure) cyangwa hasi (low blood pressure).

1. Ibimenyetso by’umuvuduko w’amaraso uri hejuru (Hypertension)

Akenshi, umuvuduko w’amaraso uri hejuru ntugira ibimenyetso bigaragara, ariko iyo ubaye mwinshi cyane, ushobora kugira:

Kubabara umutwe bikabije

Kizungera no kugira isereri

Guhumeka nabi

Gutera k’umutima kudasanzwe (palpitations)

Kugira amaraso mu mazuru (nosebleeds)

Kugira umunaniro ukabije

Iyo utavuwe, umuvuduko w’amaraso mwinshi ushobora gutera indwara z’umutima, stroke, cyangwa ibindi bibazo bikomeye.

2. Ibimenyetso by’umuvuduko w’amaraso uri hasi (Hypotension)

Umuvuduko w’amaraso uri hasi nawo ushobora kugira ingaruka mbi, cyane cyane iyo ari muto cyane. Ibimenyetso birimo:

Isesemi no kugira isereri

Kureba ibihu cyangwa guta ubwenge

Umutima utera buhoro cyane

Guhumeka nabi

Umutwe uremereye

Umunaniro ukabije no kugira intege nke

Icyitonderwa: Iyo wumva ufite ibi bimenyetso, ni byiza kugana kwa muganga kugira ngo bapime umuvuduko w’amaraso wawe no kubona inama z’ubuvuzi. Inkurunziza nziza dufite product nziza zitangiza umwijima zu mwimerere zikoze mubimera twegere tugufashe 0725696620 /+250789196606)

Byukusenge Berchmas yanditse ku itariki ya: 20-02-2025  →  Musubize

Najye amazina yange nitwa Samuel nange narwaye umuvuduko w’amaraso mbana nawo imyaka myinshi igera ku8, cyane bitewe nogukoresha imiti cyane yo kwamuganga ntangikugira ibindi bibazo biriguterwa na yamiti nayoye igihe cyirekire nibwo nahuye numudamu tuganira kukibazo narimfite ambirako hari ahantu yivurije umwingo batamubaze nagira inama yo kuzajyayo kwivuza nkarebako haricyo bitanga nagiyeyo baramfasha ubu uyumwaka mezeneza narakize nyuma yamezi2 nari maze gukira neza neza numwijima urakira ubu ndashima imana kuba narabone ubuvuzi bwiza nyuma niyemeje guha amakuru abantu benshi batandukanye namwe mubagane babafashe iyi niyo nimero yabo 0792940838/07346673660 bakoreta mumugi wakigali mwabagana bakabasha murakoze cyane namwe muzatange ubuhamya bifasha benshi Whatsapp yabo ni0792940838

Twiringiyimana Samuel yanditse ku itariki ya: 18-02-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndumwe mubamama bahuye niki kibazo cyumuvuduko wamaraso mubyukuri nagerageje kujya kwmuganga bakampa imiti ariko ntihagire igihinduka umunsi nahuye ninshuti yange nyibwira ikibazo cyange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi kigali baramfashaa ubu narakize rwose nwe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838 bagufashe

habimana Jean cloude yanditse ku itariki ya: 17-02-2025  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane hamagara 0783122103

Kevin yanditse ku itariki ya: 13-02-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndumwe mubamama bahuye niki kibazo cyumuvuduko wamaraso mubyukuri nagerageje kujya kwmuganga bakampa imiti ariko ntihagire igihinduka umunsi nahuye ninshuti yange nyibwira ikibazo cyange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi kigali baramfashaa ubu narakize rwose nwe ubashaka wabahamagara kuri 0783122103 bagufashe

Karine yanditse ku itariki ya: 10-02-2025  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Ni dukokigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha0792940838/0734673660

nkurunziza Patrick yanditse ku itariki ya: 7-02-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri0792940838/0734673660

kamanzi James yanditse ku itariki ya: 7-02-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka